Bebe Cool wanganaga urunuka na Bobi Wine bahurijwe mu gitaramo cya Eddy Kenzo barahoberana induru z’abafana babo ziravuga (Vidio)
— January 5, 2019
Please enter banners and links.

Abantu benshi cyane mu gihugu cya Uganda baraye babonye icyo batekerezaga kubona ubwo abahanzi 2 bamaze igihe kirekire bangana urunuka aribo Bebe Cool na Bobi Wine bahuriraga mu gitaramo cya Eddy Kenzo bahoberanye induru ikavuga.
Eddy Kenzo yari yateguye igitaramo cyo kwishimira imyaka 10 amaze mu muziki ,igitaramo cyabereye muri Serena hotel Kuwa 4 Mutarama 2019 akaba yahamagaye Bebe Cool amwereka aho aza kwicara hari hicaye Bobi Wine n’umugore we Barbie bicaranye na Katikilo Peter Mayiga amubwira gusuhuza Bobi Wine.
Bebe Cool yabanje gusuhuza Katikilo Peter Mayiga maze Bobi Wine arahaguruka amuha ukuboko barasuhuzanya barahoberana abantu benshi bari bitabiriye icyo gitaramo bavuza induru cyane kubera ko aba bahanzi abantu bari bazi ko batahura ngo basuhuzanye kubera ukuntu bamaze imyaka myinshi bangana umwe avuga undi amagambo atari meza ariko bikaba byashimishije abantu benshi.

Bebe Cool wambaye umutuku hagati Katikilo Peter Charles Mayiga na Bobi Wine bicaranye mu gitaramo cya Eddy Kenzo muri Serena hotel

Bobi Wine asuhuzanya na Bebe Cool
Byavuye mu muziki bijya muri politike kuko Bobi Wine yabaye umudepite muri Uganda mu gihe Bebe Cool ashyigikiye Perezida Museveni naho batangira guhanganira muri politike byarahereye mu muziki wabo.
Icyo abantu bakibaza niba urwangano rwabo rwarangiye nyuma yo guhurira mu gitaramo bagahoberana bagakora ikimenyetso cy’urukundo ariko ntibagire icyo babivugaho ariko abantu bakaba bemeza ko kuba bashoboye guhoberana n’ibindi bizashoboka.
Bobi Wine we avuga ko urwangano rwabo rwatangiye cyera bakiri bato uko ari 3 Bebe Cool ,Bobi Wine na Chamilion ariko Bobi Wine na Chamilion baje kugeraho bo amakimbirane yabo arashira ku buryo ubu ari inshuti nkuko batangiye cyera.Bobi Wine avuga ko ubu bakuze babaye abagabo nta mpamvu yogukomeza amakimbirane .
6,299 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply