Humble Jizzo wo muri Urban Boys yasezeranye imbere y’Imana n’umunyamerikakazi Amy Blauman ariko Safi ntiyatumiwe –AMAFOTO
— November 24, 2018
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Ugushyingo 2018 Humble Jizzo umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys yasezeranye imbere y’Imana n’umugore we w’umunyamerikakazi Amy Blauman mu bukwe bwabereye mu Rwanda mu karere ka Rubavu.
Aba bombi basezeranye imbere y’Imana nyuma y’amasaha macye bakoze imihango yo gusaba no gukwa.Muri ubu bukwe hagaragaye abahanzi batandukanye ariko bivugwa ko Safi Madiba atatumiwe kandi barahoze mu itsinda rimwe ndetse bikaba bivugwa ko yaba Humble Jizzo na Nizzo bose badaca uwaka na Safi.


















3,704 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply