Umugore wa Chamilion yogoshe umusatsi awumaraho bati yabuze amafaranga yo kuwukoresha
— November 24, 2018
Please enter banners and links.

Muri Uganda bavuga ko kwikoraho ugasa neza ari bwo bukire cyane cyane ku bagore barongowe n’abahanzi baba bazi ko bagomba kwambara neza bakajya muri Saloon zihenze ,ariko umugore wa Chamilion witwa Daniella we yahisemo kwiyogoshesha umusatsi awumaraho.
Bamwe mu nshuti ze babonye yogoshe bati buriya disi yakennye umugabo nta kimuha amafaranga yo kujya muri Saloon abandi nabo bati yashaje nta gishoboye kujya muri ibyo byo kumurushya ajya muri Saloon aba ashaka kuba ari kumwe n’abana be.
Hashize iminsi mu binyamakuru byo muri Uganda bivuga ko uyu mugore wa Chamilion aherutse kwahukana ndetse asiba amafoto ye yose ari kumwe na Chamilion.


Hari abavuze ko kuba yogoshe umusatsi we akawumaraho ari style ashaka bitavuze ko ari ubukene kuko we n’umugabo we ntibabura amafaranga yo kubatunga n’abana babo ahubwo ni uko ari uko yabishatse no kugirango avugwe.
Muri Uganda abahanzi babagabo baba bashaka kurushanwa muri buri kimwe haba kugira umugore mwiza ,wambara neza ,n’ibindi cyane cyane kuri Chamilion ,Bobi Wine na Bebe Cool.Chamilion uwe yitwa Atim Daniella naho uwa Bobi Wine yitwa Barbie Itungo naho uwa Bebe Cool akitwa Zuena Kirema.
3,837 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply