Breaking News:Abantu 100 bari mu bwato muri L.Victoria barohamye 10 bamaze gupfa abandi baracyashakishwa
— November 24, 2018
Please enter banners and links.

Amakuru atugeraho aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko abantu 100 bari mu bwato mu Nyanja ya Victoria baturutse Mukono bishimisha ku mazi barohamye 10 muri bo bamaze gupfa.
Polisi yo muri Uganda imaze kwemeza ayo makuru ko abantu 10 bamaze gupfa ,polisi yo ku mazi ikaba irimo gushakisha abandi kugirango ibatabare ariko abandi bamwe ikaba yabatabaye ibakuramo ari bazima barimo n’umuhanzi uzwi cyane Iryn Namubiru .

abari mu bwato nkuko chimpreports ibivuga



Abamaze kurohorwa mu mazi bapfuye

Uwo mugore wambaye linete mu gahanga niwe muhanzi ukomeye nawe wari mu bwato ariko akaba yarokotse

Ubwato barimo

Mu itangazo rigufi rya polisi yasohoye kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Ugushyingo 2018 riravuga ko Polisi yarokoye abantu 40 ari bazima bari ku bwato bwarohamye muri L.Victoria.
Nkuko Polisi ikirimo gukora ubutabazi andi makuru ari butugereho nayo turayabagezaho ariko abafite imiryango yanyu mu gihugu cya Uganda mushobora kubaza .Ababuze ubuzima Imana ibakire mu bayo kandi imiryango yabo ikomeze kwihanga.
3,765 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply