Impamvu Knowless adakwiye kubyinisha buri wese kugirango atababaza umugabo we kandi nawe yihishe agaciro nk’umuhanzi ukomeye
— November 19, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi Butera Knowless amaze gukora izina mu Rwanda ndetse no mu bihugu bike bituranye n’uRwanda nka Uganda n’uBurundi ariko hari ibyo abantu bamunenga birimo kubyinana n’uwo ariwe wese igihe ari ku rubyiniro (stage).
Icya mbere Knowless nk’umuhanzikazi umaze gukora izina akwiye kugira abamurinda akajya abishyura (Body guard)nkuko abandi bahanzi bakomeye bagira ababarinda.
Hari abamubonye mu gitaramo cyabereye muri Kigali abyinana n’udusore tumufataho bisa n’ibitashimishije bamwe mu bafana be.
Umwe mu bafana be utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Knowless n’umuhanzikazi ukomeye mu Rwanda kandi ikindi n’umubyeyi udakwiye kwemerera buri wese kuza kumubyinisha kuko ahandi umuhanzi ukomeye ntago buri wese agira amahirwe yo kumwegera mu gihe we ubona ntacyo bimubwiye uwo ariwe wese ashobora kubyinana nawe nkuko yagaragaye udusore tumubyinisha ingwatiramubiri”.






Hari undi nawe wagize ati “Knowless arakunzwe cyane kandi n’umuhanga ariko biriya bintu byo kubyinisha uwo abonye wese ku rubyiniro ntago aribyo bishobora no kubabaza umugabo we Clement”.
Ikibazo ushobora gusanga atari ubushake bwe ahubwo kubera ko aba adafite uburyo yabirukana bamusanze ku rubyiniro agahitamo kubabyinisha kandi abateguye icyo gitaramo aribo bakwiye kumurindira umutekano mu gihe batabikoze hari igihe nawe yemera akababyinisha.
Ubundi umuhanzi ntago apfa kuboneka kuko bakunda kuba bari ahantu hahenze kujyayo ari ukubanza kwishyura niyo mpamvu akenshi batajya bapfa kuboneka gutyo.
Uramutse ubyinishwa na buri umwe cyangwa abantu benshi bakubona buri munsi uramutse ukoze igitaramo ushobora kubura abantu ugahomba kubera ko bakubona kenshi ,bakakubyinisha ndetse bamwe ugsanga bakuganiriza ku mbuga nkoranyambaga nka facebook nahandi cyangwa bakanaguhamagara kuri Telephone.
3,061 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply