Haravugwa ibibazo bikomeye mu bahanzi 40 bazimiye kandi ari abahanga muri muzika mu Rwanda
— November 18, 2017
Please enter banners and links.

Umwuga w’ubuhanzi mu Rwanda usa n’uwananiranye kubera ko nta muhanzi urazana igihembo mpuzamahanga mu Rwanda ndetse no kubona umuhanzi wo mu Rwanda w’itabira ibyo birori mpuzamahanga baba ari imbarwa.
Mu minsi ya vuba habaye umuhango wo guhemba abahanzi ku rwego rw’Africa ariko harimo umunyarwanda umwe nawe uteri umenyerewe cyane witwa Neza.
Igihembo cy’umuhanzi uruta abandi muri East Africa cyatwawe na Eddy Kenzo arushaka Diamond Platinumz kuko niwe usa n’ukomeye kurusha ba Bebe Cool na Chamilion na Bobi Wine.
Bamwe bavuga ko biterwa n’ubukene buri mu bahanzi ariko abandi bakavuga ko n’abahanzi bamwe ari abanebwe batazi gukora amashusho y’indirimbo zabo ku rwego rwo hejuru ku buryo zahiganwa mu marushanwa.
Hari abandi bahanzi bavuga ko iyo bagerageje gukora ibitaramo amasaha bahabwa abateza ibihombo kuko akenshi ngo ibitaramo birangira saa tanu mu gihe ahandi bakesha.

The Ben

The Ben na Sheebah bakoranye indirimbo yitwa Binkorera
Ikindi kibazo kivugwa ni uko usanga abahanzi bamaze gukomera abenshi burira indege bakigira kuba mu mahanga bigatuma muzika idatera imbere ,urugero The Ben aba muri America n’ubwo we yashizemo imbaraga akaba amaze kugera ku rwego rushimishije.
Abandi harimo Miss Shanel washatse umugabo w’umuzungu baba mu gihugu cy’uBufaransa nawe yari umuhanga cyane akunzwe ariko asa n’uwabivuyemo ,undi ni Lisa nawe washatse umugabo w’umuzungu nawe usa n’uwabivuyemo na Miss Jojo wakoze izina yamara gutera imbere agashaka umugabo ndetse we akabitangaza ko abaye ahagaritse muzika.
Uretse abo hari Kitoko amakuru avuga ko aba mu Bwongereza ,Meddy akaba muri America ,Big dom aba mu Bufaransa ,K8 Kavuyo aba muri America ,Princess Priscillah Umuratwa aba muri America ariko we aragerageza n’ubwo akora indirimbo imwe akamara igihe ariko ziba zikunzwe cyane.
Kamichi ubu nawe aba muri America yari umuhanga cyane ariko nta heruka gusohora indirimbo ,Frank Joe aba muri Canada,Emmy aba muri America ,Alpha Rwirangira nawe muri America ,Allion ngo aba mu gihugu cya Uganda abo bahanzi bose tuvuze bari abahanga ariko kuki bananiwe ku gera ku rwego rwo kujya kuba mu mahanga?.
Abari mu Rwanda nabo ibibazo n’ibyinshi kandi ari abahanga cyane ndetse bakanyujijeho ariko kuba nta n’umwe wigeza azana igihembo cy’umuhanzi wo muri East Africa byibuze kuko ku rwego rw’Africa byo bishobora gutwara imyaka myinshi umuntu atabara.
Duhereye ku muhanzi wa cyera kandi w’umuhanga Rafiki wagirango ntago aba mu Rwanda yarazimiye muri muzika ,King James nawe muri iyi asa n’uwazimiye kubera ko nta ndirimbo ye iherutse kuza ngo wumve ko irimo guhitinga nkuko babivuga iyo indirimbo yakunzwe nkuko yigeze gukora Ganyobwe n’izindi.
Abantu bifuza kubona abahanzi bazana ibihembo bikomeye mu Rwanda ,bakaba abahanzi bazwi ku isi nkuko wumva Wizi Kid cyangwa Davido .
Eddy Kenzo ,Bebe Cool ,Sheebah Karungi ,Sauti Soul,AY n’abandi bakomeye.Ubu se ni nde muhanzi w’umunyarwanda watumirwa muri Nigeria cyangwa South Africa atari abanyarwanda bateguye igitaramo?ariko Wizi Kid ,Davido ,Diamond ,Sheebah n’abandi baratumirwa ahantu hose ku isi bagahabwa ibifaranga byinshi cyane bagateza imbere ubuhanzi bwabo.
Umwe mu bakurikirana umuziki mu Karere utarashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “erega gukora izina birahenze kandi bigusaba gushora menshi kugirango nawe winjize menshi mu Rwanda rero niba bashaka gutera imbere ni bashore bitabaye gutyo bazahora ku rwego n’ubundi bariho”.
Hari abarimo bagerageza nka Knowless ,Paccy we afite uburyo arya hiti anyuze mu makoma n’aandi bagerageza nka Mellody ,Christopher ,Ama G the Black ,Man Martin n’abandi bake ariko nabo hari impungenge ko bazurira rutema ikirere bakigendera nibamara ku gwiza ayitike.
Kamich
Alpha Rwirangira
Emmy
Sandra Miraj
Ciney
Alion
Frank Joe
Tuff Gang
Remera
Makonikoshwa
K8 Kavuyo
Queen cha
Emmy
Dream Boys
Princess Priscillah
Rafiki
Jack B
TBB
Active
Jay Polly
Riderman
Bull Dog
Alion Victory
Tom Close
Big dom
Just Family
King James
Ziggy 55
Young Grace
Lil G
Uncles Austin
Teta Diana
Nasoni
Miss Jojo
Miss Shanel
Lisa
Kitoko
Urban Boys
Patrick Nyamitari
Bosebabireba Theo
3,794 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply