Umuryango wategetse umwana w’imyaka 8 gushaka umugore w’imyaka 61 kubera abakurambere
— November 19, 2017
Please enter banners and links.

Umwana w’imyaka 8 aba atarageza igihe cyo gufata icyemezo ndetse aba atarashobora gukora imibonano mpuzabitsina ariko umuryango umwe muri Africa y’Epfo kubera abakurambere bategetse umwana w’umuhungu gushaka umugore w’imyaka 61 kugirango uwo muryango udashira.
Umuhungu w’imyaka 8 gusa witwa Sanele Masilela yakoranye ubukwe n’umukecuru w’imyaka 61 witwa Helen Shabangu usanzwe yarashatseho ndetse afite abana 5 bakuru.
Uyu mwana abajijwe impamvu yakoze amarorerwa yagize ati “ibi nabikoze mbitegetswe n’abakurambere bapfuye ntago ari njye wabyishakiye”.
Uyu mwana muto w’umuhungu akaba yatanze Amadorari 500 yo gukwa umugore ndetse atanga nandi 1000 yo gukora ibirori kugirango abakurambere bishime batavuga ko yabasuzuguye bakabica.




Umugore yambika umugabo impeta

Ubukwe bwabo bwatangaje abantu ariko ababyeyi b’uyu muhungu bakaba bavuga ko ibyo ari imyuka mibi ikunze gukoresha abantu muri icyo gihugu kandi bakaba batarasezeranye mu mategeko ,bikaba byarakozwe kubera sekuru w’uyu muhungu wapfuye ariwe ugaruka mu ijoro akamutegeka gushaka umugore.
Nyina w’uyu mwana witwa Patience Masilela ufite imyaka 46 akaba urutwa n’umugore w’umuhungu we yavuze ko ubukwe ntacyo buvuze kuko butabaye mu mategeko n’ubwo avuga ko umuhungu we yishimiye gukora ubukwe.
Impamvu uyu mwana arongoye afite imyaka 8 ni uko sekuru yapfuye atarashaka kandi impamvu yamutegetse gushaka umugore w’imyaka 61 ni uko yapfuye ariwe akunda bityo asanga umwuzukuru we ariwe ukwiye kumushaka mu gihe we atakiri ku isi.
Nyina ikindi yavuze ni uko ubukwe bw’umuhungu we ntacyo buzahungabanya ku buzima bwe kuko azakomeza ajye kwiga amashuri ye bisanzwe kandi nakura azashaka umugore banganya imyaka kandi uyu bashakanye uyu munsi nawe azakomeza ubuzima bwe busanzwe.
3,849 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Abantu bakiba mu mashyamba n’amazu yabo akubakwa mu biti hejuru ,menya ubuzima bwabo uko babayeho bitangaje (Amafoto)
Ange Kagame hari ibyo yavuze ku mugabo we umunsi w’ubukwe bwabo naho basezeraniye mu rusengero hamenyekanye (Amafoto)
Ababyinnyi 8 b’itorero Inganzo Ngari batorokeye muri Amerika babanje kurahira mbere yo kurira indege
Umukobwa wa Perezida Kagame witwa Ange Kagame yasabwe
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply