Ibihuha byavugwaga ko Safi yasimbujwe ,Nizzo na Humble G biyemeje gukomeza Urban Boys ari 2 Safi akirukanwa
— November 10, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma y’umwiryane muri Urban Boys watumye Safi Madiba ayivamo , Nizzo Kaboss na Humble bari basigaye, kuri uyu wa gatanu Tariki 10 Ugushyingo 2017 bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru aho batangarije ko biyemeje gukomeza gukorana ari babiri Safi akirukanwa.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatanu I Kimironko ,hasobanuwe byinshi mu byatumye havuka umwiryane mu itsinda rya Urban Boys wanatumye itsinda risenyuka kandi ryari rimaze gukomera.
Ibaruwa itumira abanyamakuru muri iki kiganiro yanditswe inashyirwaho umukono na Humble G umuvugizi akaba ariwe wari uhagarariye itsinda.
Uyu ni nawe wahageze mbere, Akaba yaje aherekejwe na 2 Pac uyu akaba ariwe wabaye umujyanama wa mbere w’iri tsinda kuva rikibarizwa i Huye. Nyuma y’igihe kinini bategereje Nizzo Kaboss yashyize ahagera akerereweho iminota igera kuri 40.
Nizzo akigera ahabereye ikiganiro n’abanyamakuru, Humble G yagarutse ku ncamake y’ukuntu Urban Boys yavutse n’aho yari igeze. Yavuze ko Urban Boys yavuyemo umuntu umwe ubu hasigayemo abantu babiri.
Yongeyeho ko kuba Urban Boys yari kompanyi yahombye umunyamuryango, wakoze akazi gakomeye ndetse amushimira ku ngufu yakoresheje mu kubaka kompanyi ya Urban Boys . Humble G yabwiye abanyamakuru ko uko bari batatu bari basigaye ari abakozi ba kompanyi n’ubwo bose bayifitemo imigabane.
Kuba rero ngo Safi yarasezeye ni umukozi wa Urban Boys wakoraga neza ariko wafashe umwanzuro wo gusezera. Akaba yahise avuga ko itsinda rikomeje ari babiri gusa. Humble G yagize ati” Itsinda rirahari turi abantu b’abagabo turumva nitubona ko dukeneye undi muntu tuzamushaka cyangwa tuyikomeze turi babiri.” Humble G yongeyeho ko itsinda rikomeje ari babiri. Ndetse akazi gakomeje.
Aha Humble G akaba yahise atangaza ko hari ibitaramo bagomba gukora ndetse bazahera no ku ndirimbo yari itarajya hanze bakoranye na Kitoko.Nizzo bakunda kwita Kabosi yirinze kuvuga byinshi ku bibazo bye na Safi.
3,469 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply