Uwavugwaga ko akundana na King James agiye kurongorwa
— October 21, 2017
Please enter banners and links.

Ishimwe Elcy byagiye bivugwa ko yakundanye na King James impapuro z’ubutumire mu bukwe bwe zasohotse, we anahakana ko atigeze akundana n’uyu muhanzi nk’uko byavugwaga. Mu minsi ishize nibwo uyu Elcy yerekanye umukunzi we ndetse ubu ‘invitation’ z’ubukwe bwe na Mukunzi Fahad bagiye kubana zasohotse.

Ishimwe Elcy
Elcy yabwiye bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda ko yishimiye intambwe agiye gutera mu buzima yo gushinga urugo akabaho bitandukanye n’uko yari abayeho.
Ati “Gushinga urugo ni amateka mashya umuntu aba yinjiyemo, ni ishema rikomeye kwitwa umugore kuko hari igihe wicara ukibaza niba igihe cyawe kizagera. Icyanjye rero ni iki, ndabinezerewe cyane.”
Byafashe igihe kinini abantu bavuga ndetse bamwe bemeza ko Elcy akundana na King James, bombi icyo gihe barabihakanaga.
Elcy uyu munsi yatubwiye ko ntabyigeze bibaho, avuga ko bari baziranye bisanzwe ariko batigeze bakundana ngo ntabwo azi aho abantu babikuye bajya kubihimba.
Ati “Sinzi ahantu byavuye gusa ubusanzwe King James turaziranye ni inshuti yanjye.”
Elcy azasabwa tariki 10 Ukuboza 2017 naho tariki 17 Ukuboza basezerane mu rusengero rwitwa Kigali English Church ruri Kibagabaga.
Uyu mukobwa ubwo yavugwaga mu itangazamakuru ko akundana na King James abantu batandukanye bari batangiye kuvuga ko King James yahisemo neza kuko ari umukobwa mwiza ku isura ,afite igikundiro kandi agaragara nk’uwitonda.
2,926 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply