Umunyamideli wa mbere mu Rwanda Tina avuye muri Zimbabwe asiga abemeje
— October 21, 2017
Please enter banners and links.

Tina Pilot Uwase akora umwuga wo kwerekana imideli akaba amaze ku gera ku rwego rushimishije ndetse akaba amaze ku rwego rwo gukorana n’ibigo bitandukanye ku isi aho aturutse mu gihugu cya Zimbabwe.
Tina yuruye rutema ikirere ku itariki ya 9 Ukwakira 2017 yerekeje mu gihugu cya Zimbabwe aho yaragiye mu gukorwa cyo gufata amafoto yo gukoresha mu kwamamaza ibikorwa bye ndetse n’ikigo cyari cya mutumiye ku bufatanye bwo gukorana nacyo mu bijyanye n’amafoto.
Tina yagarutse mu Rwanda Kuwa 13 Ukwakira 2017 asiga ibinyamakuru byo muri Zimbabwe ariwe nkuru bitewe n’uburyo ibyo bamushakagaho yabikoze neza ,ibinyamakuru byo muri icyo gihugu nka The Herald Insight cyanditse ko Tina yishimiye urugendo yagiriye mu gihugu cya Zimbabwe.



Uyu mukobwa ukunda cyane umwuga we ageze I Kigali Ikinyamakuru Umusingi cyamubajije urugendo avuyemo niba rwaramugendekeye neza maze agira ati “urugendo rwabaye rwiza cyane naringiye mu gikowa cyo gufata amafoto yo gukoresha mu kwamamaza ibikorwa byanjye n’ikigo cyo muri Zimbabwe kitwa Trey Images ndetse hari n’ibihembo nakuyeyo”.Akomeza avuga ko ibijyanye na ticket y’indege naho kurara muri hotel n’amafunguro byose icyo kigo nicyo cyabyishyuye.











Tina abajijwe niba abona yagira inama abandi bakunda umwuga nk’uwe akora yagize ati “cyane rwose nabagira inama yo kuwukora ariko ntago wabigeraho ibyo ushaka udakora ahubwo iyo uzi icyo ushaka kugeraho uragiharanira kandi ukakigeraho .Ntibazicare ngo bategereze ko bazagera kubyo bashaka badakora”.
Tina Pilot Uwase akaba yaragiye muri Zimbabwe avuye mu gihugu cya Lebanon ,Beirut muri Asia for World next top model aho yaserukiye u Rwanda neza.
Tina amaze gukora izina muri uyu mwuga we wa modeling and Fashion mu Rwanda no mu Karere kandi akaba afite inzozi gukora cyane akagera ku rwego rw’Isi.
Abashaka gukora uwo mwuga no kuwuteza imbere avuga ko harimo amahirwe menshi cyane kandi akavuga ko yishimira ibyo amaze kugeraho abikesha uwo murimo akora.
Noella
3,017 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply