Umuhanzi Oda Paccy yifotoje yambaye ubusa abantu batangira kwibaza ubutumwa ashaka gutanga
— September 30, 2017
Please enter banners and links.

Umuraperi Uzamberumwana Pacifique [Oda Paccy] asa n’uwakataje mu kugaragaza ko ari umuntu mushya ndetse ko atari uguta umuco no kwiyandarika nk’uko babimuvugaho bishingiye ku mafoto amaze iminsi ashyira hanze.
Ari mu bindi bihugu yari kwandikwa mu binyamakuru ahantu hose bigatuma aba umusitari n’ubwo mu Rwanda ibinyamakuru byamwanditse,mu Rwanda nta musitari uhaba ariko iyo aza kubikorera ahandi yari kurya hiti nkuko bajya babivuga iyo bashaka kuvuga ko ariwe ugezweho.
Bamwe mu babonye aya maafoto ya Paccy yifotoje yambaye ubusa yikinze urukoma,ku mbuga nkoranyambaga nka za Whatsap na Facebook batangiye kwibaza impamvu yatumye uyu mugore yifotoza yambaye ubusa dore ko ayo mafoto azagera no ku mwana yabyaranye na Lick Lick uba muri Amerika.
Ni kenshi uyu muhanzi yagiye anengwa kubera gushyira hanze amafoto bamwe bafata nk’urukozasoni ariko we akavuga ko ‘abikora abizi neza kandi abigambiriye’.



Yongeye kuvugisha abantu biturutse ku ifoto yakoresheje ku ndirimbo yitegura gusohora yise ‘Order’ [afatanyije na Urban Boyz]. Ku ifoto, Oda Paccy yari yambaye uko yavutse uretse urukoma yakinze ku gice cy’amabere rukanakingiriza hagati y’amaguru.
Oda Paccy ashize amanga, yahamije ko kwifotoza atya ari ibintu yumva ko “bigezweho kandi bigaragaza umwihariko w’umuhanzi”. Ati “Nifotoje gutya kugira ngo nzane impinduka, ibintu bikwiye guhinduka.”
N’ubwo atasobanuye ibyo ashaka ko bihinduka ariko cyera undi muhanzi Riderman yigeze kwifotoza yakoze igitaramo kuri Peti Stade yiziritse iminyururu ku maboko abajijwe n’abanyamakuru avuga ko muzika nyarwanda ikiboshye yifuza ko ibohorwa none Paccy we kwifotoza yambaye ubusa yifuza ko ibintu bihinduka gute?.
Kuri iyi foto, Paccy yari yiyambuye byose uhereye ku musatsi kugeza ku mano. Mu kugerageza guhisha ubwambure, yagerageje gusa n’utsindagira ikiganza ahegereye imyanya y’ibanga ariko ahandi hose hararangaye.
Uyu muraperi usigaye yifotoza mu buryo bushotora abamukurikira ndetse bigatuma bamutindaho bamuvuga, aya mafoto y’ubwambure yayifotoreje kuri Stipp Hotel mu Kiyovu.
Paccy ati “Mu kwifotoza nagerageje gushaka ahantu hajya kuba nk’agashyamba mbese hasa icyatsi, hariya hari hajyanye n’ibyo nifuzaga kugeraho. Ni mu Kiyovu kuri Stipp Hotel.”
Ubwo bari mu gikorwa cyo gufata aya mafoto, bisa n’ibyari ihurizo ku mufotozi! Oda Paccy abajijwe uko yabigenje[mu mwambaro wa Eva] kugira ngo abashe guhagarara imbere y’umusore ntamurunguruke, atazuyaje ati “Naramubwiraga akipfuka mu maso nkabanza ngatunganya ikoma neza ubundi agafotora.”
Yongeyeho ati “No kwambara kuriya nta kindi nari ngamije, byari uguteza imbere gahunda ya Made in Rwanda. Nonese kuki abanyamideli biyerekana bambaye ibirere mukabona ari byiza? Nanjye nibyo nahisemo kandi byari byiza.”
3,051 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply