Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda yizihije isabukuru y’imyaka 68 ivuga ko bubanye neza n’uRwanda
— September 29, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Nzeri 2017 ku kicaro cya Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda iherereye mu Mujyi wa Kigali niho habereye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 68 China ibayeho.
Umuhango watangijwe na Ambasaderi RAO Hongwei & Madam ZHOU Li yatangiye ashimira abitabiriye ubutumire mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 68 igihugu cya China kibayeho maze avuga byinshi bimaze kugerwaho bishimishije.
H.E. RAO Hongwei & Madam ZHOU Li yabwiye abari bitabiriye umuhango ko igihugu cya China n’abaturage b’icyo gihugu biyemeje kwishyira hamwe ndetse bagakorera hamwe mu bufatanye na Demokarasi bagamije guteza imbere igihugu cyabo.
Ambasaderi H.E. RAO Hongwei & Madam ZHOU Li yavuze ku bintu byinshi igihugu cya China gikora harimo ibijyanye na IT ,Uburezi aho yavuze ko buri mwana wese yigira ubusa muri China.

H.E. RAO Hongwei & Madam ZHOU Li ari kumwe na Minister of State Dr Uzziel Ndagijimana
Yakomeje avuga ko abaturage ba China bafite ubwishingizi mu kwivuza ndetse ashimira u Rwanda ko narwo mu mezi 7 amaze mu Rwanda yasuye ibikorwa bitandukanye mu rwego rwo kureba imibereho asanga bafite na Mituelle de Sante.
Yashimangiye ku mubano w’ibihugu byombi netse ashimira Perezida Kagame wasuye mugenzi we w’Ubushinwa Shi Ping kandi ko bagiranye ibiganiro byiza kandi yizeye ko ubufatanye buzakomeza.

Abo n’Abanyacyubahiro batandukanye bari bitabiriye umuhango

H.E. RAO Hongwei & Madam ZHOU Li
Minister of State Dr Uzziel Ndagijimana niwe wari uhagarariye u Rwanda muri uwo muhango akaba yarashimiye HE. RAO Hongwei & Madam ZHOU Li kubutumire ndetse abwira abitabiriye umuhango ko Perezida Kagame utabashije kwitabira umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 68 igihugu cya China kibonye ubwigenge ariko abizeza ko u Rwanda na China ari ibihugu bifitanye umubano mwiza kandi uRwanda ruzakomeza gukorana neza na China.
Umuhango wo kwizihiza isabukuru wari witabiriwe n’abanyubahiro benshi cyane ndetse bakaba barakiriwe neza nyuma yo kubabwira ibijyanye n’ubutumire abatumiwe bagize n’umwanya wo gusangira ndetse baganira.
Gatera Stanley
2,724 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply