Turukiya yagiranye amasezerano ya gisirikare n’Uburusiya kubera ubwoba
— September 12, 2017
Please enter banners and links.

Igihugu cya Turukiya cyateye igikumwe ku masezerano agiye gutuma Uburusiya bugiha uburyo bwa S-400 bwo kwikingira ibitero bya “missile”.
Perezida Recep Tayyip Erdogan yavuze ko Ankara yabaye itanze amafaranga make kuri ayo masezerano, amafaranga ashyikakuri miliyari z’amadolari 2.5.
Igihugu cya Turukiya ni icya kabiri gifite ibirwanisho byinshi mu bihugu biri mu muryango wo kwivunira umwansi hamwe na Otan.
Ibihugu byo muri uwo muryango bisabwa kugura ibirwanisho bishobora kujyana n’iby’uwo muryango.
Turukiya imaze igihe yunga ubucuti n’Uburusiya inyuma yaho bunaguriye imigenderanire na Amerika.
Turukiya yari yamirije imfashanyo ya gisirikare yahawe inyeshamba z’aba Curdes za Siriya zo mu mugwi YPG, zicuditse n’izindi z’aba Curdes zo muri Turukiya.
Uburusiya buvuga ko uburyo S-400 bushobora gushika ku birometero 400, bugashobora gukororera rimwe ibigwanisho 80.
Mu gihe ibi bihugu byombi bisinye amasezerano y’ubufatanye mu bya Gisirikare bamwe bavuga ko batewe ubwoba na Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza ibisasu bya kirimbuzi bakaba batinya ko ishobora kubarasaho ibyo bisasu.
2,788 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply