Turukiya yagiranye amasezerano ya gisirikare n’Uburusiya kubera ubwoba
— September 12, 2017
Please enter banners and links.

Igihugu cya Turukiya cyateye igikumwe ku masezerano agiye gutuma Uburusiya bugiha uburyo bwa S-400 bwo kwikingira ibitero bya “missile”.
Perezida Recep Tayyip Erdogan yavuze ko Ankara yabaye itanze amafaranga make kuri ayo masezerano, amafaranga ashyikakuri miliyari z’amadolari 2.5.
Igihugu cya Turukiya ni icya kabiri gifite ibirwanisho byinshi mu bihugu biri mu muryango wo kwivunira umwansi hamwe na Otan.
Ibihugu byo muri uwo muryango bisabwa kugura ibirwanisho bishobora kujyana n’iby’uwo muryango.
Turukiya imaze igihe yunga ubucuti n’Uburusiya inyuma yaho bunaguriye imigenderanire na Amerika.
Turukiya yari yamirije imfashanyo ya gisirikare yahawe inyeshamba z’aba Curdes za Siriya zo mu mugwi YPG, zicuditse n’izindi z’aba Curdes zo muri Turukiya.
Uburusiya buvuga ko uburyo S-400 bushobora gushika ku birometero 400, bugashobora gukororera rimwe ibigwanisho 80.
Mu gihe ibi bihugu byombi bisinye amasezerano y’ubufatanye mu bya Gisirikare bamwe bavuga ko batewe ubwoba na Koreya ya Ruguru ikomeje kugerageza ibisasu bya kirimbuzi bakaba batinya ko ishobora kubarasaho ibyo bisasu.
2,832 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply