Perezida Museveni agiye gukora igitaramo cyo gushyira kumugaragaro indirimbo ze nshya 2 ariko abantu baribaza niba azishyuza abazakizamo(Vidio)
— October 29, 2018
Please enter banners and links.

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni arateganya gukora igitaramo cyo gushyira kumugaragaro indirimbo ze nshya 2 aherutse gusohora imwe muri izo ikaba yitwa nonestop n’indi akaba yaraanzwe afite iyitwa another rap cyangwa mpenkoni.
Uwitwa Balaam ushinzwe gukora ibitaramo by’abahanzi yabajijwe impamvu adatera inkunga igitaramo cya Bobi Wine maze avuga ko impamvu ari uko arimo gutegura igitaramo cyo gushyira ku mugaragaro indirimbo za Perezida Museveni atavanga ibya Perezida n’ibya Bobi Wine.
Balaam avuga ko Bobi Wine ari mushuti we ariko badahuje ibya politike kuko we afana Museveni mu gihe Bobi Wine we ari uwa People Power bakaba badahuje mubya politike ariko ibyubuhanzi bari kumwe.



Chamilion ,Juliana na Bebe Cool
Abantu barimo kwibaza niba kwinjira muri icyo gitaramo Perezida Museveni azishyuza abantu bazaza kumushyigikira ndetse bakibaza abahanzi bazaba bari muri icyo gitaramo bazamufasha nkuko abandi bahanzi iyo bakoze igitaramo bitabaza bagenzi babo.
Balaam yasobanuye ko Perezida Museveni atazishyuza abazaza mu gitaramo cye ko abazaza bose bazinjirira ubuntu ariko ntaravuga abahanzi bazaba bari mu gitaramo bafasha Perezida Museveni gushyira kumugaragaro indirimbo ze.
Abantu batangiywe gucyeka ko Bebe Cool uko byagenda kose atabura muri icyo gitaramo n’uwitwa Camherine Kusasira na Chamilion na Juliana n’abandi bacye nkuko baririmbye indiribo ya Museveni yitwa Tubonganawe.
Ibi byose biravugwa ko birimo gukorwa kugirango abantu badahugira mu bya Bobi Wine uhangayikishije igihugu kubera urubyiruko hafi ya rwose rumwiyumvamo kande arizo mbaraga z’igihugu bakaba bashaka kugirango barebe uburyo babigaruriza.
Kugeza ubu ntibaratangaza itariki icyo gitaramo cya Perezida Museveni kizaberaho ndetse abantu bakaba biba uburyo Perezida Museveni agiye kwinjira mu muziki nk’abandi bahanzi bose cyangwa ashaka kwigana Bobi Wine.
1,469 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply