Ese umugabo n’umugore barangiza kimwe iyo batera akabariro ?
— March 11, 2018
Please enter banners and links.

Mbigenze nte?muri mbigenze nte abantu babaza ibibazo byinshi tugahitamo kimwe tukakivugaho muri mbigenze nte iba mu kinyamakuru Umusingi.
Mu bibazo byabajijwe Shangazi hari umuntu wabajije ngo umugabo n’umugore barangiza kimwe iyo batera akabariro?.
Hari bamwe mu bagore mu bihe byashize bigeze kwandikira Shangazi muri mbigenze nte bamubwira ko batarangizaho batazi uko bimera.
Nkuko inzobere mu byimibanire zibivuga kuri interineti cyangwa n’abakuru uko babivuga ubundi umuntu muzima iyo agiye gukora imibonano mpuzabitsina yabishatse aba agomba kurangiza.
Kutarangiza rero biterwa n’impamvu nyinshi zimwe muri izo harimo uburwayi kuko hari nk’indwara zatuma utarangiza tutazigarukaho ubutaha ndetse hakaba no kutarangiza bitewe n’uwo mukoranye imibibonano mpuzabitsina.

Uko mbivuga ntaho ari ihame ngo niko bimeze ahubwo nkurikije ibyo mba nasomye n’ibyo abahanga muri ibyo babivugaho kuko bivugwa kwinshi ariko njye mba nabahitiyemo kubabwira uko njye Shangazi mbyumva kandi n’abamwe babyumva.
Umugore ashobora kutarangiza kubera umugabo utazi gukora imibonano mpuzabitsina neza kuko biba bisaba kugirango ayigukorere kugeza ku rwego rwa nyuma burya umuntu arangiza ari uko ageze ku rwego rwa nyuma cyangwa rwo hejuru cyane ku gasongero k’inzu nkoreshe iyo mvugo iyo atahakugejeje ntiwarangiza.
Ikindi umugore ashobora kutarangiza kubera umwanda umugabo afite kuko hari abagira mu kanwa hanuka ,abandi ugasanga afite ubucakwaha bwinshi cyangwa afite ibimyira ,cyangwa se agira indwara yitwa igikara n’ibindi byinshi ku buryo rero hari abantu bagira isesemi vuba cyangwa kimwe muri ibyo kikamubangamira icyo gihe ashobora kwemera bagakorana imibonano ariko atishimye kandi umuntu arangiza kubera ibyishimo.
Uwabajije rero ngo umugabo n’umugore bombi barangiza kimwe namubwira ko bombi barangiza kimwe gusa wenda nakubwira ko hari abajya kurangiza bakavuza induru yaba umugabo cyangwa umugore cyangwa abandi bajya kurangiza agafata mugenzi we akamukomeza cyane cyangwa agacika intege ibyo yakoraga akabireka n’uburyo bwinshi ariko yaba umugore cyangwa umugabo bose bibabaho.
Ariko nkuko abahanga babivuga burya gukora imibonano nturangize ntago ari byiza nabyo tuzabiganiraho kandi kurangiza bikaba byiza cyane kuko bituma wumva hari ibyo uruhutse ndetse ukamara igihe ufite umuneza ku maso n’umubiri umeze neza.
5,115 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ese abagabo barabuze koko?Ese abantu babanye bakazakora ubukwe nyuma hari icyo bitwaye mu muco wa Kinyarwanda?
Umugabo iyo yirukanye umukozi wo mu rugo umugore akanga ko agenda bivuze iki?
Gushaka umugabo watandukanye n’umugore cyangwa umugore watandukanye n’umugabo hari icyo bitwaye ku bakobwa n’abahungu batarashakaho?
Uri umugore ukazana murumuna wawe mu rugo rwawe bikarangira umugabo wawe amuteye inda warakarira nde ?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Col. Byabagamba yavuze ko amaze imyaka irenga itatu akorerwa iyicarubozo muri gereza
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply