Umukandida Dr.Frank Habineza n’umugore we wavuye muri Sweden bishimiye uburyo Abanyarusizi baje mu kwiyamamaza kwe ari benshi bamusezeranya kumutora
— July 14, 2017
Please enter banners and links.

Dr.Frank Habineza uharagarariye Ishyaka rya Democratic Green Party na Madam we wari waturutse mu gihugu cya Sweden batangiriye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu Karere ka Rusizi uyu munsi Kuwa 14 Nyakanga 2017 akaba yishimiye uburyo Abanyarusizi bitabiriye gahunda ye yo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ndetse bamwizeza kuzamutora.
Umukandida Dr.Frank Habineza nyuma yo kwiyamamaza imbere y’abaturage ba Rusizi yavuze ko yishimiye ko abaturage bamugejejeho ibibazo bafite birimo ibijyanye n’ubuhinzi akabizeza ko ni bamutora ari benshi agatsinda azabakemurira ibibazo byose bamugejejeho.




Umukandida Dr.Frank Habineza na Madam we bacinya akadiho bishimira ko abaturage baje ari benshi


Abaturage bari baje ari benshi
Umukandida Dr.Frank Habineza yabijeje ko azababa hafi mu bibazo byabo ndetse abashishikariza kuzamutora ndetse abasaba ko babwira n’abandi batabashije kuza ko umukandida azabakemurira ibibazo ari Dr.Frank Habineza ariwe bazatora.Nyuma yo kwiyamamaza habayeho gucinya akatiho ko kwishimira ko gahunda yagenze neza.
2,713 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply