Louis Suarez kugaruka ku kibuga cya Liverpool bivuze iki ?
— March 9, 2016
Please enter banners and links.

Umukinnyi w’igihangange Louis Suarez wakiniraga ikipe ya Liverpool akaza kugurishwa Miliyoni 75 za Euro mu ikipe ya Barcelone yagarutse ku kibuga cy’ikipe ya Liverpool aje gusura inshuti ze.
Ibi byemejwe n’umukinnyi ukina inyuma mu ikipe ya Liverpool witwa Mamadou Sakho ko Suarez yasuye ikipe ya Liverpool akaganira n’inshuti ze bakinanye hamwe muri iyi kipe ya Liverpool.
Sakho yagize ati “ni ukuri byari ibyishimo kongera kubona Suarez agaruka Melwood aho ikipe ya Liverpool ikorera imyitozo.

Hari amakuru avuga ko umutoza Jurgen Klopp ashaka guhindura ikipe ya Liverpool iya mbere ku isi akaba ashaka kugura abakinnyi bakomeye ndetse akaba ashaka kugarura uyu mukinnyi dore ko abafana ba Liverpool bamukundaga cyane ndetse n’ubu bakimukunda.
Suarez akaba ariwe wari umaze igihe ufite ibitego byinshi muri La Liga 26 ariko Ronaldo akaba yamuciyeho amurusha igitego kimwe , akaba yaragiye ari we ufite ibitego byinshi muri Shampiyona ya Premier League.
Suarez akaba ahabwa amahirwe yo kuzatwara igihembo cya Ballon D’or.Uku gusura ikipe ya Liverpool birashoboka ko afitanye amabanga n’umutoza wa Liverpool Klopp.
Muhungu John
3,139 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply