Igitero cy’iterabwoba cyishe abantu 6, gikomeretsa abandi 30
— June 4, 2017
Please enter banners and links.

Mu gihe kitageze ku minsi 15 igitero cy’iterabwoba kigabwe Manchester, i Lonndres naho hagabwe ikindi mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Kanama 2017, kigwamo abantu batandatu, abandi 30 barakomereka cyane.
Nk’uko tubikesha BBC, ikamyoneti yihuta irimo abagabye icyo gitero yasagariye abanyamaguru mu gace ka London Bridge saa yine z’ijoro, havamo abantu batatu batangira gukomeretsa abaturage bakoresheje icyuma muri resitora ziri mu isoko rya Borough.


Mu mibare yatangajwe na Polisi, abantu batandatu nibo bishwe n’icyo gitero ariko Polisi nayo ihitana batatu mu bakigabye.
Mu butabazi, imbangukiragutabara yajyanye inkomere ku bitaro zirenga 40.
Iki gitero cy’i Londres kije nyuma y’icyaguyemo abantu 22 mu gitaramo Ariana Grande yakoreye mu Mujyi wa Manchester, kuwa 22 Gicurasi 2017.
Ibihugubitandukanye birimo Ubudage ,Ubufaransa byifatanije n’abaturage bi London kandi bakaba bamagana ibikorwa by’itarabwoba birimo guhitana ubuzima bw’abantu mu bihugu bitandukanye.
1,992 total views, 5 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye