Igitero cy’iterabwoba cyishe abantu 6, gikomeretsa abandi 30
— June 4, 2017
Please enter banners and links.

Mu gihe kitageze ku minsi 15 igitero cy’iterabwoba kigabwe Manchester, i Lonndres naho hagabwe ikindi mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Kanama 2017, kigwamo abantu batandatu, abandi 30 barakomereka cyane.
Nk’uko tubikesha BBC, ikamyoneti yihuta irimo abagabye icyo gitero yasagariye abanyamaguru mu gace ka London Bridge saa yine z’ijoro, havamo abantu batatu batangira gukomeretsa abaturage bakoresheje icyuma muri resitora ziri mu isoko rya Borough.


Mu mibare yatangajwe na Polisi, abantu batandatu nibo bishwe n’icyo gitero ariko Polisi nayo ihitana batatu mu bakigabye.
Mu butabazi, imbangukiragutabara yajyanye inkomere ku bitaro zirenga 40.
Iki gitero cy’i Londres kije nyuma y’icyaguyemo abantu 22 mu gitaramo Ariana Grande yakoreye mu Mujyi wa Manchester, kuwa 22 Gicurasi 2017.
Ibihugubitandukanye birimo Ubudage ,Ubufaransa byifatanije n’abaturage bi London kandi bakaba bamagana ibikorwa by’itarabwoba birimo guhitana ubuzima bw’abantu mu bihugu bitandukanye.
1,948 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere