Igitero cy’iterabwoba cyishe abantu 6, gikomeretsa abandi 30
— June 4, 2017
Please enter banners and links.

Mu gihe kitageze ku minsi 15 igitero cy’iterabwoba kigabwe Manchester, i Lonndres naho hagabwe ikindi mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Kanama 2017, kigwamo abantu batandatu, abandi 30 barakomereka cyane.
Nk’uko tubikesha BBC, ikamyoneti yihuta irimo abagabye icyo gitero yasagariye abanyamaguru mu gace ka London Bridge saa yine z’ijoro, havamo abantu batatu batangira gukomeretsa abaturage bakoresheje icyuma muri resitora ziri mu isoko rya Borough.


Mu mibare yatangajwe na Polisi, abantu batandatu nibo bishwe n’icyo gitero ariko Polisi nayo ihitana batatu mu bakigabye.
Mu butabazi, imbangukiragutabara yajyanye inkomere ku bitaro zirenga 40.
Iki gitero cy’i Londres kije nyuma y’icyaguyemo abantu 22 mu gitaramo Ariana Grande yakoreye mu Mujyi wa Manchester, kuwa 22 Gicurasi 2017.
Ibihugubitandukanye birimo Ubudage ,Ubufaransa byifatanije n’abaturage bi London kandi bakaba bamagana ibikorwa by’itarabwoba birimo guhitana ubuzima bw’abantu mu bihugu bitandukanye.
1,876 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA