Abafana ba Man United baraye mu byishimo nyuma yo gutwara igikombe cya Europa League
— May 24, 2017
Please enter banners and links.

Abafana ba Man United ku Isi hose baraye mu byishimo nyuma y’uko ikipe yabo imaze gutwara igikombe cya Europa League kuri uyu wa 24 Gicurasi 2017 muri Stockholm muri Sweden.
Igitego cya mbere cyatsinzwe n’umukinnyi Paul Pogba bakunda kwita Miliyoni 100 ndetse bavuga ko ari igihombo kuri Man United naho igitego cya 2 gitsindwa na Henrik Mkhitaryan umukinora urangira ari ibitego 2 bya Man United ku busa bwa Ajax.
Impamvu abafana ba Man United bishimye cyane ni uko iyo ikipe yabo idatwara iki gikombe itari kuzakina Champions League umwaka utaha ariko ubwo itwaye iki gikombe izakina muri Champions League kuko niko itegeko rivuga.



Ubundi Champions League ikinwa n’amakipe 4 aba yabaye aya mbere bityo Man United ikaba yari yarangirije ku mwanya wa 6 ndetse uyu mwanya yawumaze igihe kirekire cyane ,iyi kipe Shampiyona itangira abanyamakuru bakomeye ku isi bayihaga amahirwe yo gtwara igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza ariko igitangaje yarangirije ku mwanya wa 6.
Umutoza Jose Mourinho utoza Man United akaba yishimye cyane ariko nanone Imana ibimufashijemo kuko iyo adatwara iki gikombe yari guseba cyane n’ubwo hari bamwe batangiye kuvuga ko agiye muri Champions League anyuze mugikari umuntu w’umugabo koko?watoje amakipe akomeye arimo Real Madrid ,Intermilan ,Chelsea none akaba asigaye anyura mugikari.
Ndayambaje F
2,503 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply