Perezida Museveni yageze muri Tanzania atangazwa no kubona yakirwa n’Umuminisitiri aho yari aziko aribwakirwe na Magufuli
— May 20, 2017
Please enter banners and links.

Perezida wa Uganda Yoweri K.Museveni ubwo yageraga muri Tanzania aho agiye kwitabira inama y’ibihugu bya Afurika y’Ibirasirazuba ya 18 n’abandi ba Perezida igamije kwiga uburyo ibyo bihugu byakorana n’umuryango w’Afurika y’unze ubumwe mu gutera inkunga umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Ibirasirazuba.
Perezida Museveni akigera ku kibuga cy’indege Julius Nyerere International Airport muri Tanzania yakiriwe na Prof Sospester Muhongo, Minisitiri w’ingufu ( the Tanzania Minister for Energy).
Ubundi iyo abakuri b’ibihugu bagiye guhurira mu gihugu runaka Perezida w’Icyo gihugu niwe ubakira ku kibuga cy’indege cyeretse iyo hari uwo bafitanye ikibazo cyo kutumvikana cyangwa gupingana aramusuzugura agashaka ujya kumwakira.
Hari abatangiye kuvuga ko Magufuli Pombe John Perezida wa Tanzania ashobora kuba yasuzuguye Museveni kubera agiye kumusimbura ku mwanya wo kuyobora umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba kuko bahora bahinduranya mu kuwuyobora.
Ikindi abantu bavuga cyatumye Magufuli asuzugura Museveni ni uko Museveni ashaka kwigira ko ariwe Perezida ukomeye ashaka no kujya ategeka abandi ibyo bakora dore ko ariwe umaze imyaka myinshi kubutegetsi muri ibyo bihugu bigize umuryango wa East Africa.
Muhungu John -Kampala
2,779 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply