Umuhanzi Asnah ategereje indirimbo yakoranye na Radio na Wiseal izabemeza ko ari umuhanzi w’umuhanga
— March 15, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka kwa Asnah aravuga ko hari indirimbo nshyashya ategereje igiye gusohoka yakoranye na Radio na Weasel izemeza abantu ko ari umuhanzi w’umuhanga kandi ufite icyerekezo.
Ikinyamakuru Umusingi kikaba cyamaze kumenya ayo makuru n’ubwo banyiri ubwite bari batarabitangaza.
Indirimbo ikaba yitwa Mountain mukinyarwanda ni umusozi ikaba itegenywa gushyirwa kumugaragaro mu cyumweru gitaha.
Ikinyamakuru Umusingi kuri uyu wa gatatu tariki 15 Werurwe 2017 cyabajije nyiri ubwite Asnah niba koko iyo ndirimbo ihari yakoranye n’abahanzi ba bagande Radio na Weasel bakunzwe cyane mu karere ariko ubu amakuru aturuka muri Uganda ni uko bamaze gukene barimo gushakisha amafaranga ngo bangere bakore indirimbo zikunzwe babone ku mafaranga.

Umuhanzi Asnah
Asnah yagize ati “hashize amezi make tuyikoze kubera gahunda z’abakora amashusho sinashoboye kuyibonera igihe ariko ndeteganya kuyishyira kumugaragaro mu cyumweru gitaha hatagize igihinduka”.
Asnah avuga ko ari indirimbo nziza yakoranywe ubuhanga ndetse akaba yizeye ko abafana be n’abakunzi be bagiye kumva no kureba indirimbo nziza cyane.
Bamwe mu bakunze ba Asnah bemeza ko ari umuhanzi w’umuhanga ikibazo ari kimwe gusa atarabobona umufasha mubyamuzika (Manager)naho ubundi yakabaye ageze kurwego mpuzamahanga mu gihe gito dore ko ataramara igihe kirekire atangiye ariko kuba amaze gusohora indirimbo nyinshi kandi zifite amashusho ni kimwe mu bikwereka umuhanzi uzi gukora cyane ndetse w’umuhanga ufite icyerekezo.
Noella
3,175 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply