Umuhanzi utajya yisondeka mu gukundana n’abakobwa beza
— March 11, 2017
Please enter banners and links.

Muri iyi minsi abantu baravuga ko umuhanzi Nshimiyimana Muhamed uzwi ku izina rya Nizo Kaboss wo mu itsinda rya Urban boys ariwe muhanzi utajya wisondeka mu gukundana n’abakobwa beza.
Uyu muhanzi Nizo yabanje gukundana n’umukobwa wari mwiza cyane icyo gihe avugisha abagabo benshi amagambo kubera ubwiza bwe akaba yitwa Sach.
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kuganira n’umuhanzi Nizo kugirango abwire abakunzi be icyo abivugaho kuba bavuga ko atajya yisondeka mu gukundana n’abakobwa beza ariko ntibyadukundiye.


Nizo ari murukundo na Yvette

Uyu Sacha yaje kubyara umwana ariko uteri uwa Nizo n’ubwo hari amakuru avuga ko umwana ari uwa nizo.
Sacha kubera ubwiza bwe yanashyirwaga ku byapa bya mamaza muri imwe muri Sosiyete y’itumanaho ariko nyuma aza kuba umuhanzi ariko nabyo ntibyamuhira akaba ubu byaramunaniye gusohora izindi ndirimbo.


Ubu Nizo Kaboss akaba akundana n’umukobwa witwa Umulisa Yvette bombi bakaba barigaragaje mu itangazamakuru ko bakundana nyabyo.


Sacha



Sacha Kat

Uyu muhanzi bavuga ko mu rukundo yirekura akaba yarahuye n’umukobwa Yvette nawe wirekura n’ubwo abahanzi babagabo bigoye kugira umukunzi umwe.
Noella
4,770 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply