umu amakuru- Charly na Nina bavuye muri Central Africa ariko ibyaho birasekeje | Umusingi

16427395_1159505567501704_7737524533641722348_nCharly na Nina bavuye muri Central Africa ariko ibyaho birasekeje

Please enter banners and links.

16427395_1159505567501704_7737524533641722348_n

Abahanzi Charly na Nina bavuye mu gihugu cya Centrel Africa gukorerayo igitaramo kubera muzika yabo ikunzwe cyane.

Igitaramo bagikoze ku munsi w’abakundanye kuwa 14 Gashyantare 2017  ariko Nina avuga ibyo muri icyo gihugu ukumva bisekeje.

Igihugu cya Central Africa n’igihugu kiri mu ntambara ndetse bamwe bakaba bari baragize impungenge ubwo aba bahanzi bari bagiye kujya muri icyo gihugu ariko Charly na Nina bayobowe na Muyoboke Alex baragiye bakora igitaramo kiza abaturage muri icyo gihugu barabyishimira cyane.

16472896_1260585300693134_2138400625207180515_n

Umuhanzi Nina aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yabajijwe urwego muzika yo mu gihugu cya Central Africa uhagaze agira ati “n’igihugu kiri mu ntambara nta byinshi namenye gusa twashoboye kumenya ko bafite abahanzi nka 5 gusa umwe muri bo niwe twakoranye igitaramo”.

16427395_1159505567501704_7737524533641722348_n

Ibumoso ni Charly hagakurikiraho Nina ku batabazi

Igihugu cyose kumva ko gifite abahanzi 5 biba bisekeje ariko buriya 5 bashobora gukora neza bakaba benshi nkuko mu Rwanda byatangiye ari bake ubu bakaba ari benshi cyane.

Iki gihugu Perezida waho yarindwaga n’abasirikare babanyarwanda ikigaragaza ko u Rwanda rumaze kugera kure mu kurinda umutekano ndetse n’abahanzi bakaba bamaze kugera ku rwego mpuzamahanga.

Noella

2,757 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.