umu amakuru- Amwe mu mateka ya Idris Elba | Umusingi
<img src=Amwe mu mateka ya Idris Elba">

9bcdfb609361d9bab8b7167e125c6aAmwe mu mateka ya Idris Elba

Please enter banners and links.

9bcdfb609361d9bab8b7167e125c6a

Yakinye yitwa Augustin Muganza muri film yitwa Sometimes in April igaragaza Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 yakozwe mu gihe cy’iminsi 100. Ku bazi iyi film mwabonyemo umugabo uba ufite abana 2 n’umugore w’umututsi ariko aba ari n’umusirikare w’ipeti rya captain mu ngabo z’u Rwanda.

Idrissa Akuna Elba yavutse italiki 06 Nzeri mu 1972 avukira Hackney kuri se witwaga Wiston warufite ubwenegihungu bwa Sierra Leone ariko wakoreraga uruganda rwa Ford naho nyina yitwaga Eva warufite ubwenegihungu bwa Ghana. Ababyeyi ba Elba bashakaniye muri Sierra Leone ariko nyuma bimukira mu mugi wa London mu Bwongereza arinaho yakuriye mu mugi wa Hackney na East Ham, Ubwo yakomereza amashuri ye mu mugi wa Canning izina Idrissa ryahindutse Idris kuko arinaho yatagiriye gukina ubwo yakoraga umukino wo kwamamaza mu kinyamakuru arinaho yahuriye n’umuntu wambere wamufashije mu bikorwa bye byo gukura muri uwo murimo wo gukina film.

idris_elba_dj-e4d93

Mu mwaka 1986 yatangiye gufatanya na se wabo mu kazi yakoraga ko kuvaga imiziki mu bukwe butandukanye gusa yamaranye nawe igihe gito ku nyuma y’umwaka gusa Idris afatanyije n’izindi nshuti batagije kopanyi yabo.

Idris afite abana 2 gusa kugeza ubu ariko mu ntagiriro za Gashyantare 2017 yashyize hanze itangazo yuko ashaka umukobwa bazashimishanya ku munsi wabakundana kandi ko amwijeje ko azishima mu buryo bwose ashaka ariko bikaba ari amarushanwa azabaho kugira haboneke umwe muri abo.

2,759 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.