Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje. Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango . Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe. Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje. Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza. Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars). Noella
— August 7, 2016
Please enter banners and links.

Hari benshi bitakundiye kubona abagabo bitewe n’impamvu zitandukanye ariko ibyo byose Butera Knowless akaba ashimira Imana yamuzaniye Ishimwe Clement wemeye kumubera umugabo uyu munsi akaba abyeretse inshuti abavandimwe n’imiryango yose ko agiye kuba umugore wa Clement bakabyara hungu na kobwa kandi babyiyemeje.
Ibigeragezo byari byinshi ariko kubishobora kubinyuramo nibyo byatumye Clement amubonamo umugore muzima bafatanya kubaka urugo bakagira umuryango nkuko abandi bagira imiryango .
Knowless yabaye umuhanzi ukunzwe agira izina aramenyekana ku buryo na Bralirwa yakoze inzoga yayo iyihimba Knowless ndetse ni uko ari abantu kudaha agaciro ibintu ,Bralirwa yari kumutwerera bikomeye kuburyo abantu bavuga bati yaratwinjirije natwe reka tumutwerere umunsi we w’ubukwe.




Knowless yavuzweho byinshi ko anyway ibiyobyabwenge ubwo yagwaga ari kurubyiniro ,avugwaho gukundana na Safi Madiba ndetse yavuzweho kurwanira umugabo na Odda Pacy ntawundi mugabo wavugwaga ni Lick Lick n’ibindi byinshi ariko uyu munsi yerekanye ko ibyavugwaga byose we yari afite uwo ategereje.
Uyu munsi Kuwa 7 Kanama 2016 akaba aribwo yabwiye umugabo we Ishimwe Clement ati mbere umugabo nkubere umugore tuzabyare abana bacu tubarere neza.
Ubukwe bwabo bwabereye mu Bugesera aho bakekaga ko abantu batazaba benshi ariko byubusa abantu bari benshi cyane bashaka kureba ubukwe bwa Abasitari (Stars).
Noella
3,924 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply