Muri Uganda hakenewe Miliyari 97.6 z’amashiringi kugirango amashuri yongere gufungurwa
— August 18, 2020
Please enter banners and links.

Minisiteri y’uburezi yatangaje ko bakeneye Miliyari 97.6 z’amashiringi kugira ngo hafungurwe amashuri n’ibindi bigo by’uburezi mu gihugu hose.
Icyifuzo kijyanye n’ibiciro byo kongera gufungura amashuri cyateguwe n’ishami rishinzwe igenamigambi ry’uburezi n’isesengura rya politiki(EPPA), raporo niyuzura izashyikirizwa Minisiteri ya leta y’uburezi.
Inyandiko yerekana ko Miliyari 97 z’amashiringi zikenewe irasabwa gushyirwa mu bikorwa mu buryo bukoreshwa(SOPs) byuzuye kugirango hategurwe amashuri agomba gufungurwa.
EPPA yavuze ko Minisiteri izakoresha amashiringi Miliyari 1.67 mu gihe SOPs izaba ishyirwa mu bikorwa kandi amashuri akazafungurwa kubagiye gukora ibizamini bya leta abandi bagakomeza kwigira mu rugo.
Inyandiko zigaragaza kandi ko mu gihe leta izaba yongeye gufungura amashuri kubagiye gukora ibizamini bya leta gusa, ahasigaye Miliyari 97 z’amashiringi azakoreshwa mu guteza imbere no gukwirakwiza ibikoresho byo kwiyigisha kubadafite ibizamini bya leta mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazaguma mu rugo.
Amafaranga azakoreshwa mu kugura no gukomeza gukwirakwiza amaradiyo na televiziyo mu ngo zose zifite abana biga akaba ariho bazajya batangira amasomo yabo.
Minisiteri ikomeza ivuga ko azavamo n’ibyumba by’amashuri bisabwa kuri buri shuri kugira ngo byuzuze SOP, imisarani,ameza ndetse n’imishahara ku barimu bose baziyongeraho ndetse n’abaforomo bazajya ku bigo by’amashuri.
Ishimwe Marie Gabriella
2,849 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikigo cya Cleverland TSS Matimba hamenyekanye ibanga bakoresha mugutsindisha abanyeshuri benshi ndetse abaharangije ntibabure akazi
Nyuma y’uko ikigo cya Cleverland TVET gitsindishije abanyeshuri benshi ku rwego rwa mbere mu gihugu ,Ababyeyi barashimira ubuyobozi bw’Ishuri
Iyakaremye Papias amennye amabanga uburyo yakoresheje ubwenge yahawe na RPA/RPF mu kuyobora abanyeshuri(Vedio)
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply