Man United yahaye igikombe cya Shampiyona mukeba wayo Liverpool nyuma yo gutsinda Man City
— December 10, 2019
Please enter banners and links.

Kuwa gatandatu tariki 7 Ukuboza 2019 nibwo benshi mu bakunda umupira w’amaguru cyane cyane iy’uBwongereza ikurikirwa n’abenshi batangiye kwemeza ko ikipe ya Liverpool itwaye igikombe cya Shaampiyona.
Impamvu abantu bashingiragaho ni uko Man City yahataniraga igikombe na Liverpool yatsinzwe na Man United ibitego 2-1.
Bivuze ko Liverpool yahise isiga Man City amanota 14 yose aho abenshi bavuga ko Liverpool isa n’iyamaze gutwara icyo gikombe kubera ko amanota 14 ari menshi cyane ntaa kipe yanyura kuri Liverpool ngo iyibuze gutwara iki gikombe imaze imyaka 30 itagikoraho.



Liverpool ubu iri kumwanya wa mbere n’amanota 46 ikaba imaze gukina imikino 16 yose itaratsindwa ari nabyo benshi bavuga ko Liverpool yafatiyeho ntta mukino ishaka gutakaza kugirango itware igikombe.
Iya 2 ni Leicester city ifite amanota 38 irushwa na Liverpool aamanota 8 yose naho Man City ikaba ku mwanya wa 3 ndetse aho bivugwa ko ishobora kurangiza ari iya 4 kubera ikomeje gutakaza amanota ,twabibutsa ko ariyo iherutse gutwara ibikombe 2 biheruka byikurikiranya.
Ndayambaje F
2,823 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply