Menya abakinnyi ikipe ufana mu Bwongera yaguze cyangwa yagurishije mu ghe isoko ryo kugura no kugurisha rirangira uyu munsi
— August 8, 2019
Please enter banners and links.

Kuri iyi tariki ya 8 Kanama 2019 nibwo isoko ryo kugura no kugurisha rirangira mu gihugu cy’uBwongereza ,gifite shampiyona ikunzwe cyane ku isi ,Ikinyamakuru Umusingi kikaba cyabahitiyemo amakipe 6 akomeye muri iyo shampiyona yitwa Premier League abakinnyi yaguze n’abagurishijwe.
Ayo makipe tugiye kubabwira harimo Man City n’ubwo itaragira abafana benshi cyane ariko n’iyo kipe ikomeye nyuma ya Liverpool na Man United ndetse na Arseanl nkuko izo zose nazo turibubabwire abakinnyi zaguze n’abagurishijwe ndetse na Chelsea Tottenham ndetse na Everton.
Kuri Arsenal amakuru twababwira ni uko Iwobi yamaze kwerekera muri Everton ariko ikaba yaraguze umukinnyi witwa Pepe Nicolas na Kieran Tierney mu gihe David Luiz akaba yigaragambije ashaka kuza muri Arsenal kuri Miliyoni 7 ndetse bikaba byamaze kwemezwa.


Man United ikaba yagurishije Rukaku Miliyoni 73 akaba yagiye mu ikipe ya Inter Milan ariko iyi kipe ikaba yaraguze umudefanseri uhenze ku isi Maguire imuguze Miliyoni 80 kuva mu ikipe ya Leichester United.
Chelsea yo twababwira ko itemerewe kugura umukinnyi ariko ishobora kugurisha kubera ibihano yafatiwe byo kutubahiriza amategeko yo kugura no kugurisha kuko hari amafaranga utagomba kurenza.





Liverpool yarekuye Moreno aragenda ku buntu akaba yaragiye muri Sevilla ndetse na Daniel Sturridge utarabona ikipe azakinamo ikaba yaraguze umuzamu wahoze afatira West Ham ku buntu ndetse n’utundi twana ku buryo Liverpool yagumanye ikipe yayo yatwaye Champions League.
Tottenham yamaze kugurisha Dan Rose muri Watford ndetse na Trippier wagiye muri Atletical Madrid ikaba yaguze Fenandez Bruno ariko ikaba ishobora kugura undi mukinnyi muri Fulham Ryan Sessegnon mu masaha make asigaye nkuko amakuru abivuga.
Man City n’ubwo ikomeye yaguze Joao Cancelo kuva muri Juventus mugihe undi mukinnnyi wa Man City Danilo nawe yerekeje muri Juventus ndetse Man City ikaba yaguze umuzamu Scott Carson.
Ndayambaje F
4,142 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply