Zari arashaka kubyara abandi bana 5 kandi aracyari imboko
— August 10, 2019
Please enter banners and links.

N’ubwo bamwise Mama bikamurakaza kugeza ubwo yateje rwaserera muri Miss Uganda Zari yavuze ko agomba kurekeraho kubyara afite abana 10.
Zari ibi yabitangarije imwe muqi Telviziyo mu gihugu cya Tanzania ubwo yabazwaga ku byamutandukanije na Diamond bafitanye abana 2 maze avuga ko Diamond yahoraga amuca inyuma akumva abakobwa yateye inda ariko akaba ariwe urakarira Zari ndetse akamubwira nabi akanamusuzugura bituma ahitamo gutandukana nawe.
Zari yabajijwe niba ashobora kongera kubyara maze ati ndeba urabona ntakiri muto?kandi ndacyafite intanga zo kubyara kuko nkunda abana benshi ubu nzarekeraho kubyara mfite abana 10.
Zari afite abana 3 yabyaranye n’umugabo we wa mberev wapfuye Ssemwanga Ivan akagira abandi 2 ba Diamond akaba ateganya kubyara abandi bana 5 basanga abo afite 5.

Zari wamabaye ikanzu itukura iburyo ni Fabiola wamwisa Mama bikamurakaza bagashwana

Mu minsi ishize byavuzwe ko Zari afite undi mugabo ushaka kumushaka akamugira umugore we ndetse bikavugwa ko Zari amukunda cyane ndetse ari hafi kumwerekana mu muryango n’inshuti zikamumenya.
Zari kuvuga ko akiri imboko ni ijambo muri Uganda bakoresha bashaka kuvuga ko umuntu akiri muto kandi mwiza aribyo nawe yavuze ko akiri imboko abagabo benshi bakimwifuza kandi ashoboye kubyara.
3,209 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply