Abantu 15000 harimo ibyamamare na Clinton baherekeje Nyakwigendera Muhammad Ali
— June 11, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa gatanu taliki ya 11 Kamena 2016 nibwo icyamamare Muhammad Ali yashyinguwe ahitwa Louisville, Kentucky aho abadiplomate ,abahanzi b’ibyamamare ,abahoze ari abakinnyi b’umupira w’amagaru,abakina umukino wo kwiruka ,abazi gusetsa abantu,abakinnyi ba filime n’abandi batandukanye bamuherekeje.
Mu byamamare byagaragaye cyane ni Bill Clinton wabayeho Perezida wa America ,David Beckha, Arnold Schwarzenegger ,na Will Smith.
Muhammad Ali yari umukinnyi w’iteramakofe wamenyekanye cyane akaba yaramaze igihe arwaye akaba yapfuye afite imyaka 74.


Hari ababonye ibyamamare bitandukanye byitabiriye umuhango wo kumusezera batangira kuvuga ko Muhammad Ali yari muri Illuminati ariko ntabindi bimenyetso bigaragaza ko yabaga muri Illuminati .
Umwe mu babonye ibyo byamamare yahise abwira umunyamakuru ati “umuntu uherekejwe na David Beckha ,Clinton ,Will Smith n’abandi bakomeye aba ari muri Illuminati”.
Reba uko umuhango wo gushyingura Muhammad Ali wagenze mu mafoto .


Will Smith

Bill Clinton


Tyson


David Beckham

2,370 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply