Umukino wishiraniro hagati y’ikipe ya Liverpool FC na Bayern Munich ugiye gutangira mukanya n’iyihe inyuraho?
— March 13, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC irahabwa amahirwe yo gukomeza kubera impamvu 3 ,Impamvu ya mbere barashingira ko ari ikipe ifite amateka mu gikombe cya Champions League ifite ibikombe 5 mu gihe Bayern ifite ibikombe 3.
Impamvu ya 2 ni uko Liverpool ifite abakinnnyi bakomeye kurusha Bayern uhereye kuri Saido Mane uzengereza amakipe menshi na Sarah ndetse na Firmino na Virgil van Dijk naba Fabinho, Xherdan Shaqiri n’abandi batandukanye.
Bayern nayo n’ikipe itoroshye kandi iri mu rugo ariko icyo kuba ari mu rugo cyo ntago cyayiha amahirwe kuko na Man United yatsinze PSG iyisanze iwayo.



Bayern iraba ikinira ku kibuga cyayo Allianz Arena imbere y’abafana ariko ibyago ifite ni uko Liverpool ibona igitego hanze kuko zinganyije ibitego Liverpool irakomeza cyeretse ubusa ku busa nibwo bajya mu nyongera hanyuma bakomeza kunganya bakajya muri penalite.

M.Sarah

Saido Mane

Virgil van Dijk

Xherdan Shaqiri
Ikipe ya Liverpool irimo kugaragaza ko ikomeye nyuma yahoo umwaka ushize yagarukiye ku mukino wa nyuma itsinzwe na Real Madrid ubu yavuye mu irushanwa ,n’ubu Liverpool ikaba ikomeje kugaragaza ko ikomeye ikaba yari imaze igihe ku mwanya wa mbere muri shampiyona yo mu Bwongereza aho bigaragara ko ishaka ibikombe byombi bikomeye.
Impamvu ya 3 Loverpool ihabwa amahirwe ni uko ishobora kunganyiriza hanze ibitego uko byaba bingana kose yahita ikomeza ,naho Bayern Munich icyo isabwa ni ugutsinda ntabindi.

Robert Lewandowski
Umutoza wa Liverpool yavuze ko bashaka iki gikombe nyuma yahoo bamwe mu bahoze ari abakinnyi nka Gary Nevelle wakiniraga Man United yavugaga ko Liverpool ikwiye kuva muri Champions League igashyira imbaraga kuri Premier League.
Ikipe ya Bayern ikaba icungiye kuri rutahizamu wayo witwa Robert Lewandowski na Ribery ariko Liverpool ikaba izwiho ko ifite ba myugariro beza bakomeye ndetse n’umuzamu mwiza.
Ndayambaje F
3,132 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply