Umukobwa w’imyaka 24 yabyimbye ukuguru guhera 2016 arasaba ubufasha kuko arembye
— February 28, 2019
Please enter banners and links.

Abaturage batuye Nabbaale mu Murenge wa Banda mu Karere ka Mityana mu gihugu cya Uganda bakoze inama idasanzwe kugirango bafashe umukobwa witwa Sikolasitiika Nakiberu wabyimbye ukuguru guhera mu mwaka wa 2016.
Inama yabereye mu rugo rwa Elevania Byekwaaso iyobowe n’umuyobozi w’Umurenge witwa Badru Katumba wasabye abaturage bose n’abandi bantu bose aho bari ku isi gutabara uwo mwana akabona uko ajya kwa muganga kwivuza kuko amaranye ububabare igihe kirekire yarabyimbye ukuguru kandi batazi icyatumye kubyimba.
Bashyizeho na nimero ya Telephone uwagira ubufasha ashaka gutanga ko arizo yakwifashisha ubufasha bukabageraho ,izo nimero zikaba ari izi zikurikira +256782138964 na +256751331932.

4,459 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Gahunda igi ry’Umwana na Kundwa kibondo byagabanije imirire mibi mu Bana muri Sovu
Hubatswe ibigo nderabuzima 50 muri Huye na Nyamagabe mu myaka 7 ishize
99% by’akato n’ihezwa ku bafite virusi itera SIDA byarashize muri Koperative Girubuzima Nyange
Mu bantu 15750 bapimwe agakoko gatera SIDA 37 nibo basanganywe ubwandu bushya
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply