Papa Francis yagaragaye asomana n’ umuyobozi w’ abayisilamu bikurura impaka hagati y’Amadini
— February 5, 2019
Please enter banners and links.

Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagaragaye asomanira mu ruhame n’ umuyobozi w’ umusigiti wa Azhar witwa Sheikh Ahmed al-Tayeb bikurura amahane hagati y’Amadini .
Byabaye kuri uyu wa Mbere tariki 4 Gashyantare 2019 ubwo Papa Francis yari mu ruzinduko rw’ amateka muri Leta zunze ubumwe za Abarabu.
Ifoto ya Papa Francis na Sheikh Ahmed basomana byimbitse yafatiwe i Abu Dhabi ku murwa mukuru wa Emirates Leta zunze ubumwe z’Abarabu kuri uyu wa 4 Gashyantare nyuma y’ uko aba bayobozi bari bamaze gushyira umukono ku masezerano yo kurwanya inzangano zifatiye ku badahuje ukwemera.





Sheikh Ahmed al-Tayeb , Iman w’ umusigiti ukomeye mu Misiri Al- Azhar yasabye abayisilamu bo mu burengerazuba bwo hagati guhoberana n’ abakirisitu.
Yagize ati “Mukomeze mubane neza n’ abavandimwe banyu b’ abakirisitu kuko ari abafatanyabikorwa mu gihugu cyacu”
Ibi yabivugiye kuri televiziyo mu muhango witabiriwe na Papa Francis murwa mukuru wa United Arab Emirates, Abu Dhabi.
Sheikh Ahmed al-Tayeb yahindukiriye abakiristu arababwira ati “Dusangiye gakondo y’ iki gihugu, ntabwo muri ba nyamuke muri abaturage bafite uburenganzira n’ inshingano mu buryo busesuye”
Kimwe na Sheikh Ahmed al-Tayeb, Papa Francis yasabye ko ubusumbane hagati y’ abayisilamu n’ abakirisitu bo muri aka gace byahagarara bose bakareshya.
4,303 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ninde ugaruye umuriro muri ADEPR ko wari waracogoyeho ?Uwakoze urutonde rw’Aba terrorists yahagaritswe
Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Karuranga Ephrem wahoze ari umuvugizi wa ADEPR yirukanye Sibomana na Rwagasana none nawe Isaie Ndayizeye yamwirukanye
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply