Papa Francis yagaragaye asomana n’ umuyobozi w’ abayisilamu bikurura impaka hagati y’Amadini
— February 5, 2019
Please enter banners and links.

Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagaragaye asomanira mu ruhame n’ umuyobozi w’ umusigiti wa Azhar witwa Sheikh Ahmed al-Tayeb bikurura amahane hagati y’Amadini .
Byabaye kuri uyu wa Mbere tariki 4 Gashyantare 2019 ubwo Papa Francis yari mu ruzinduko rw’ amateka muri Leta zunze ubumwe za Abarabu.
Ifoto ya Papa Francis na Sheikh Ahmed basomana byimbitse yafatiwe i Abu Dhabi ku murwa mukuru wa Emirates Leta zunze ubumwe z’Abarabu kuri uyu wa 4 Gashyantare nyuma y’ uko aba bayobozi bari bamaze gushyira umukono ku masezerano yo kurwanya inzangano zifatiye ku badahuje ukwemera.





Sheikh Ahmed al-Tayeb , Iman w’ umusigiti ukomeye mu Misiri Al- Azhar yasabye abayisilamu bo mu burengerazuba bwo hagati guhoberana n’ abakirisitu.
Yagize ati “Mukomeze mubane neza n’ abavandimwe banyu b’ abakirisitu kuko ari abafatanyabikorwa mu gihugu cyacu”
Ibi yabivugiye kuri televiziyo mu muhango witabiriwe na Papa Francis murwa mukuru wa United Arab Emirates, Abu Dhabi.
Sheikh Ahmed al-Tayeb yahindukiriye abakiristu arababwira ati “Dusangiye gakondo y’ iki gihugu, ntabwo muri ba nyamuke muri abaturage bafite uburenganzira n’ inshingano mu buryo busesuye”
Kimwe na Sheikh Ahmed al-Tayeb, Papa Francis yasabye ko ubusumbane hagati y’ abayisilamu n’ abakirisitu bo muri aka gace byahagarara bose bakareshya.
4,367 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ninde ugaruye umuriro muri ADEPR ko wari waracogoyeho ?Uwakoze urutonde rw’Aba terrorists yahagaritswe
Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Karuranga Ephrem wahoze ari umuvugizi wa ADEPR yirukanye Sibomana na Rwagasana none nawe Isaie Ndayizeye yamwirukanye
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply