Ikipe ya Manchester United yirukanye umutoza Jose Mourinho
— December 18, 2018
Please enter banners and links.

Ikipe ya Manchester United kuri uyu munsi tariki 18 Ukuboza 2018 yatangaje ko yamaze kwirukana umutoza Jose Mourinho umaze iminsi atishimiwe n’abafana b’iyi kipe ndetse n’ubuyobozi, ikaba igomba gushyiraho umutoza w’agateganyo uzayifasha kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino.
Mu itangazo iyi kipe yasohoye kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko ishimira Jose Mourinho ku gihe ayimazemo, ikanamwifuriza amahirwe mu kazi ke kari imbere.
Yakomeje igira iti “Umutoza mushya w’agateganyo araza gushyirwaho uzageza mu mpera z’uyu mwaka wa shampiyona, mu gihe ikipe ikomeje inzira zo gushaka umutoza mushya.”
Bibaye nyuma yo gutsindwa na mukeba wayo Liverpool ku Cyumweru ubwo yayitsindaga ibitego 3 byose kuri kimwe.
Abafana bibaza impamvu adakinisha abakinnyi bakomeye nka Pogba kandi ari we wamuguze akayabo k’amafaranga menshi ndetse na Sanchez yaguze muri Arsenal na ba Mata ,Martial n’abandi aribo bakaba batsinda amakipe ariko akabicaza bigatuma abafana bamwanga.


Amakuru agaragaza ko Julgen Klopp amaze kwirukanisha Jose Mourinho inshuro 3 zose bwa mbere yamutsinze ubwo Klopp yatozaga Dortmund itsinda ibitego 4-1 itsinda Reak Madrid yatozwaga na Mourinho baramwirukana ,bongeye guhura ubwo Liverpool yatsindaga Chelsea ibitego 3-1 Mourinho arirukanwa ajya muri Manchester United none yayitsinze 3-1 Mourinho arirukanywe.
3,195 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply