Uko amakipe yatombaranye muri Champions League
— April 15, 2016
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatanu taliki 15 Mata 2016 habaye tombora y’amakipe yakomeje muri kimwe cya kabiri mu irushanwa ry’umupira w’amaguru rikomeye ku isi Champions League na Europa League.
Man city yo mu Bwongereza yatomboye guhura na Real Madrid yo muri Espanye naho Atletico Madrid yasezereye Barcelona yatomboye guhura na Beyern Minich .
Iyi mikino yose irakomeye ariko muri tombora bikaba bivugwa ko Real Madrid ariyo yatomboye neza kuko bavuga ko Man city itamenyereye iri rushanwa bizorohera Real Madrid kuyitsinda .

Atletico Madrid na Beyern Munich n’umukino ukomeye cyane ariko Atletico ikaba ihabwa amahirwe yo gukomeza ku mukino wa nyuma igahura na Real Madrid .
Izi kipe zombi zihuriye ku mukino wa nyuma abantu bareba umukino mwiza kuko n’ikipe zo mu mujyi umwe kandi z’abakeba .

N’ubwo Beyern yatomboye Atletico byatumye Pep Gaurdiola adahura n’ikipe azatoza umwaka utaha kuko iyo zihura akayitsinda byari kuyigirira ingaruka zo kutazakina Champions league kuko ishobora gusubira inyuma ku rutonde kuko iri ku mwanya wa 4 aho ishobora gutsindwa na Chelsea zizakina nayo ejo kuwa 6.

Bamwe barifuza ko Atletico Madrid yahura na Real Madrid ku mukino wa nyuma n’ubwo hari abandi bifuza Atletico na Beyern Munich .
Muhungu John
2,801 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply