Imodoka ya ba mukerarugendo yari itwaye umurambo yakoze impanuka
— April 13, 2016
Please enter banners and links.

Imodoka y’abamukerarugendo yari itwaye umurambo yakoze impanuka ikomeye abantu 8 bari bayirimo bajyanwa mu bitaro bakomeretse cyane .
Impanuka yabereye ahitwa Mitala Maria ku muhanda werekeza Masaka uturutse Kampala mu gihugu cya Uganda.
Imodoka yo mubwoko bwa Rand Rover pulake 557 UDG ikaba yari itwaye umurambo wa Dinah Mbabazi wari ugiye gushyingurwa muri Ntungamo akaba yari yapfiriye ahitwa Entebbe muri Uganda .
Imodoka yibirinduye inshuro nyinshi isanduka yarimo umurambo ivamo igwa hasi irasaduka ,umurambo nawo ugwa ukwawo urakomereka.




Bamwe mu bari bari muri iyo modoka bakomeretse

Hari abavuze ko mu gihugu cya Uganda iyo umuntu apfuye bakajya kumushyingura aho adashaka ko bamushyingura umurambo uteza impanuka cyangwa abamwishe bari muri iyo modoka kuko ngo hakunda kuba ibitangaza ku bantu baba bapfuye.
Byashyize mukinyarwanda na Muhungu Joh
3,176 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply