Papa Francis yagaragaye agurisha imodoka icyamunara,impamvu yabimuteye yatahuwe.
— November 16, 2017
Please enter banners and links.

Papa Francis umushumba wa Gatolika ku Isi yagaragaye kugica munsi cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 15 Ugushyingo 2017,ari kugurisha imodoka y’akataraboneka mu Butaliyane yewe no ku Isi ,bamwe bibaza impamvu ibimuteye ubu ikaba yamenyekanye.
Papa Francis akimara guhabwa impano y’iyi modoka n’uruganda rwa Lamborghin yahise ayijyana ku isoko amaze kubona ko iyi modoka iri mu zihenze ku Isi ngo abone amafaranga menshi cyane maze abashe kurengera ubuzima bw’abababaye ku Isi maze we yigumire mu kamadoka ke.
Ubusanzwe Papa agenda mu kamodoka kitwa Papa Mobile,aka kamodoka aragakunda cyane yewe nta yindi mpano wamuha ngo abashe kureka aka kamodoka dore ko iyi modoka yamaze no kwandika amateka hose ku Isi nk’imodoka y’icyubahiro.



Nubwo Papa yajyanye iyi modoka ku isoko ,ubwo bayimuhaga yagaragaje ibyishimo bikomeye yewe aca bugufi maze ayirambikaho ibiganza ayiha umugisha .
Iyi modoka yahawe n’ururuganda rwa Lamborghin ifite agaciro karemereye cyane kagera ku bihumbi Magana abiri by’Amayero(200 000Euro) aya mafaranga agera kuri Miliyoni zisaga Magana abairi mu manyarwanda (200 000 000Frw).
Iyi modoka yari itatswe na Zahabu impande zose,mumafaranga azavanamo Papa azayafashisha abakene abubakira amazu meza ndetse avugurure n’amakiliziya ashaje,ibi si ubwa mbere Papa agurisha impano ,aherutse kugurisha Moto yo mu bwoko bwa Harley Davidson ubwo yayihabwaga muri 2014,ariko nayo amafaranga yakuyemo yafashije abakene.
David Mayira/umusingi.net
3,389 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply