Ibyavuye mu nama y’abasirikare na Perezida Mugabe wagaragaye mu muhango wo gutanga impamyabumenyi za Kaminuza
— November 17, 2017
Please enter banners and links.

Bwa mbere Perezida Mugabe yagaragaye mu muhango wo gutanga impamyabumenyi za Kaminuza mu mujyi I Harare yambaye umwambaro w’ubururu abarangije Kamnuza bambara n’ingofero arinzwe bikomeye.
Bamwe bari bazi ko Perezida Mugabe yakuwe ku butegetsi ariko kugeza ubu niwe ukiri Perezida wa Zimbabwe.
Amakuru Ikinyamakuru Umusingi gikesha umuntu uri muri Zimbabwe utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati “Ingabo muri Zimbabwe nta kibazo zifitanye na Mugabe ahubwo ikibazo cyari umugore we Grace Mugabe wafataga ibyemezo uko yishakiye ariko inama yahuje abasirikare na Mugabe n’umugore we yemeje ko Mugabe akomeza akaba Perezida ariko umugore we ntagire ijambo na rimwe yongera kuvuga cyangwa icyemezo na kimwe yongera gufata bityo ubu niko bimeze muri icyo gihugu”.

Perezida Mugabe yagaragaye bwa mbere nyuma y’ibyavugwaga ko afungiye mu nzu

Inama uko yabaye


Ibitangazamakuru bitandukanye byari byanditse ko habaye Coup d’Etat ,ibindi bikavuga ko umugore wa Mugabe yahungiye muri Namibia ariko byose byari ibihuha.
Amakuru avuga ko Itegeko nshinga ry’icyo gihugu ritemerera ko habaho Coup d’Etat ahubwo ko Inteko ishobora gutumiza Perezida agahatwa ibibazo itabikora Etet Majoro ikabikora aribyo igisirikare cyakoze.
Amakuru aturuka muri icyo gihugu avuga ko Abasirikare basanze Perezida Mugabe n’ubundi iminsi asigaje ku isi ari mike bahitamo kumureka kugirango batitranya bamureke azisazire urwe hatazagira uwitwa ko bamukuyeho ashobora kumuviramo gutekereza cyane bikamuviramo gupfa bahitamo kumureka.
2,784 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply