Floyd Mayweather yatsinze Conor McGregor mu kiciro cya 10 cy’umukino i Las Vegas yegukana Miliyoni 300 z’amadolari
— August 28, 2017
Please enter banners and links.

Floyd Mayweather yakomeje umuhigo wo kumara imikino 50 adatsinzwe na rimwe mu iteramakofi nyuma yo gutsinda Conor McGregor muri umwe mu mikino ihenze ku isi.
Mayweather ufite imidari itanu y’isi yabanje guhatwa amakofi na Mcgregor usanzwe ukina imikino njyarugamba ivanze bita UFC, wari ukinnye umukino wa mbere mu iteramakofi wabereye i Las Vegas muri sitade ya T-Mobile Arena.
Mcgregor yabanje kwihagararaho yerekana ubushobozi mu kiciro cya mbere ariko yahatswe kurenga amategeko y’umukino inshuro nyinshi akoresha ingumi zitemewe mu mukino w’iteramakofi no gukubita umuntu inyuma y’umutwe.
Yagaragaje ubushobozi ariko butari gushobora kurangiza cyangwa kwesura hasi Mayweather, ibyo bita “knock out”.
Mayweather w’Umunyamerika, yaje mu mukino avuye mu zabukuru ku mukino warimo akayabo ka miliyoni 300 z’amadolari, yakoresheje inararibonye aganza McGregor mu cyiciro cya nyuma kubera kunanirwa.


Uyu munya Ireland yari yatangiye kunanirwa amaguru bigaragara cyane kubera guhatwa ingumi. Mayweather w’imyaka 40 atangira kumutangatanga akomeza kumwotsa igitutu n’ingumi.


Jennifer Lopez uhorana ubwiza utajya asaza n’uwahoze akina umukino wa baseball Alex Rodriguez bari mu byamamare byitabiriye uyu mukino
Mu cyiciro cya 10 ari nacyo cya nyuma, McGregor wari waravuze amagambo menshi mbere y’umukino yatangiye kwisunga imigozi aho kurwanya Mayweather.
Ibye byari byarangiye- n’ubwo Mayweather atamwesuye hasi (KO) ariko nta mbaraga yari agisigaranye zo kurwana.
2,190 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply