The Warrior Race umukino w’ibigeragezo utamenyerew mu Rwanda watangijwe
— March 21, 2016
Please enter banners and links.


Abantu benshi bari bategereje kureba uyu mukino kuko ibyo bigeragezo abenshi ntabyo bari bazi ndetse babitekerezagaho uburyo abantu bazarushanwa n’ibigeragezo bazahura nabyo bikabayobera.
Byashyize iryo rushanwa riratangizwa ndetse ryitabirewe n’abantu benshi ,abatsinze bakaba bahembwe ibihembo bitandukanye birimo itike y’indege kujya gutembera Dubai na Africa y’Epfo na za Telephone zigezweho.

Umuyobozi wa WAKA Fitness, Dennis Dybdal yavuze ko bishimiye uburyo irushanwa ryitabiriwe ku rwego rukomeye ku nshuro ya mbere, ngo byagaragaje ko mu myaka itaha rizakomera cyane ndetse ngo barifuza kurigira mpuzamahanga.
Iri n’irushanwa risaba ubwenge bwinshi ndetse n’imbaraga kuko udafite kimwe muribyo ntiwarishobora.
Igishimishije muri uwo mukino n’ubwo akenshi abakobwa batinya ibintu bisaba imbaraga nyinshi ariko hari abawitabiriye bigaragaza ko ubutaha baziyongera bakaba benshi cyane.
Reba amafoto uko byari byifashe muri uwo mukino w’ibigeragezo.


3,224 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply