N’iki cyatumye Cindy abira ibyuya wese ari mu gitaramo cya Kid Gaju?
— March 19, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi ukunzwe cyane haba hano mu Rwanda no mu gihugu akomokamo witwa Cindy Sanyu yari mu gitaramo ku Kicukiro yatumiwemo na mugenzi we Kid Gaju ariko ubwo bari kurubyiniro Cindy yabize icyuya umubiri wose abantu batangira kwibaza ikimutera kubira ibyuya .
Uretse Cindy kubira icyuya umubiri wose na mugenzi we Kid Gaju yahagiriye ibibazo by’abagabo aho imyambarire ya Cindy ariyo nyirabayazana.
Imibyinire n’imyambarire y’umuhanzi Cindy niyo yatumye network mu ipantaro ya Kid Gaju izamuka ikaba nyinshi kubera ukuntu Cindy yabyinaga amwiyegereza cyane kandi yambaye utwenda tugaragaza ibibero bye byose ku buryo agakabutura yari yambaye wagirango n’ikariso.
Nkuko ariko Imana yabiremye nta warenganya Kid Gaju kuko abahungu benshi cyangwa n’abagabo akora ku mubiri w’umukobwa yumva akunda network igahita iba nyinshi mu ipantaro ye aribyo byabaye kuri Kid Gaju dore ko Cindy n’abandi bari bari muri icyo gitaramo bamwe mu bagabo bashakaga gukora ku bibero bye dore ko afite ibibero byiza kandi nawe ari mwiza.
Ababa hanzi bafitanye indirimbo ikunzwe yitwa Gahunda ari nayo ibyo byose bijya kuba babyinanaga.



Bimwe mu byatumaga network izamuka
Cindy akunda kwambara utwenda tumugaragaza ubwambure ariko nkuko bamwe bavuga ko abahanzi bamaze gukora izina bakomeye ariko bambara urugero Beyonce ,Rihanna ,Lopez n’abandi batandukanye niko bambara.
Usanga rimwe na rimwe amabere agaragara cyangwa akenda k’imbere cyangwa umukondo mbese agomba kwambara ku buryo abantu bagira icyo bavuga ku myambarire aba yambaye uwo munsi ari nabyo Cindy akunda kwambara kuko ari mu bahanzi bakomeye muri Uganda.






N’ubwo igitaramo kititabiriwe n’abahanzi benshi ndetse n’abaje wabonaga basa na bapinze kimwe mu byababaje Kid Gaju ariko umuhanzi Cindy we ibyo ntiwabimuzanaho kuko yabyinnye ku buryo yabize icyuya ukangirango n’amazi barimo kumusukaho.
Uwitwa Iradukunda M Grace yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko Cindy yeretse abahanzi babakobwa hano mu Rwanda ko gukora muzika wirekura ukabyina umubiri ukawukoresha buri akabona ko wabyinnye koko.

Iradukunda M Grace yagize ati “ntimwabibonye se ko Cindy azi kubyina ni nde mu Rwanda wabishobora biriya?bose ko bava ku rubyiniro (stage)ukagirango bavuye muri dushe gukaraba”.
Yakomaje avuga ngo bajye babyina basimbuke birekure nta kwitinya ,umubiri ukore ,abahanzi abenshi bakomeye maze kubona nibiriya bakora kandi natwe turabakeneye .
Noella
4,527 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply