Charly na Nina bahagurutse i Kigali bagiye kwitabira Hipipo Awards i Kampala
— February 4, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Gashyantare 2017 mu mujyi wa Kampala hateganyijwe kubera ibirori bya HIPIPO AWARDS 2017, DJPius, Charly na Nina ni bamwe mu banyarwanda bari guhatanira ibyo bihembo, mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 Gashyantare rishyira ku wa 4 Gashyantare 2017 nibwo aba bahanzi bahagurutse i Kigali berekeza Kampala mu gihugu cya Uganda.
Aba bahnzi kandi bari bunaririmbe mu birori bya Hipipo Awards bahagurukanye na Muyoboke Alex usanzwe ari umujyanama wabo n’indege ya saa saba z’ijoro.

Ubwo bahagurukaga babwiye umunyamakuru ko berekeje i Kampala aho kandi banafite ikindi gitaramo tariki 5 Gashyantare 2017. Aha bakazahava berekeza Centre Africa naho bakahava berekeza ku mugabane w’Uburayi mu gihugu cy’Ububiligi.
Muri ibi birori byo guhemba abahanzi bitwaye neza mu karere byo mu irushanwa rya HIPIPO Awards hari hitezwe ko hari bugaragare abandi bahanzi b’abanyarwanda cyane ko abahatanira ibihembo ari umunani, kugeza ubu gusa nta makuru ahari yuko bitabira ibi birori bose.

Umuhanzi Nina akaba yarabwiye Ikinyamakuru Umusingi ko biteguye neza urugendo kandi bazagarukana ibiembo .
Noella
2,685 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply