Igihugu cy’Ubushinwa cyakoze imodoka itwara abagenzi inyura hejuru yizindi .
— August 3, 2016
Please enter banners and links.

Igihugu cy’Ubushinwa cyakoze imodoka nini inyura hejuru y’izindi modoka izajya itwara abagenzi mu rwego rwo guca gukerererwa ku kazi .
Kubera umubyigano w’imodoka nyinshi mu Bushinwa bakoze imodoka izajya inyura hejuru y’izindi itwaye abakozi cyangwa abandi bihuta kuko ubundi batindaga mu nzira kubera umubyigano (Jam)w’imodoka ariko ubu bakaza bagendera muri iyo modoka nini izajya itwara abagenzi benshi icyarimwe.


Iyi modoka hashize iminsi mike bayikoresheje igeragezwa bayinyuza mu mijyi itandukanye basanga nta kibazo ifite igenda neza .Uburyo inyura hejuru y’izindi bayikoreye aho inyuza udupine twayo duto ku mpande z’imihanda isanzwe.
Iyi modoka itwara abagenzi bagera ku 1400 inshuro imwe .Iyi Bus kandi ikoreshwa n’amashanyarazi ,irihuta cyane ku buryo ushobora kugirango ishobora kugonga izindi modoka .
N’ikoranabuhanga ryiza rifasha abakora ingendo zaba indende n’ingufi kuko yakorewe kwihutisha abantu kubera imihanda iba yabaye mito imodoka zikaba nyinshi bigatuma abantu batinda mu nzira bajya ku kazi cyangwa bavayo .

2,959 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply