Amahirwe yo gutegura inama zikomeye bimarira igihugu.
— August 3, 2016
Please enter banners and links.

U Rwanda ruherutse kwakira inama ikomeye y’ibihugu byishyize hamwe by’Afurika AU ariko bamwe ntibazi akamaro kwikira inama zikomeye nka ziriya bigirira igihugu.
Bamwe bavuga ko igirira akamaro ababa bayigiyemo abandi bakavuga ko agirira akamaro abayobozi gusa abandi nabo bakavuga ko igirira akamaro igihugu muri rusange.

Amahirwe aba ari henshi uhereye ku bashoferi batwaraga imodoka nshyanshya zaguzwe zo gutwara abashyitsi ,ayo namwe mu mahirwe kuko iyo itaba abo bashoferi ntibari kubona akazi .
Hotels cyangwa se amacumbi wasangaga yose yarafashwe aho abashyitsi bazarara ayo nayo n’amahirwe yandi ,iyo inama itaba ba nyiri ma Hotel ntibaba barabonye ibyo biraka (amafaranga).
Ni bwo bwa mbere hemejwe ndetse hakorwa Passport izakoreshwa mu kugenda mu bihugu by’Afurika ,ayo nayo n’amahirwe ndetse akomeye.

Hagaragaye imodoka z’ishami rya polisi yo mu muhanda nshyanshya nyinshi ziparitse kuri stade Amahoro zari izo gufasha kurinda umutekano wo mu muhanda igihe cy’inama nayo akaba ari amahirwe akomeye.
Hari n’ibindi byinshi igihugu cyungukira mu gutegura no kwakira inama zaba zikomeye nka AU utibagiwe n’izina ry’igihugu riba rirushijeho kumenyekana.
2,673 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply