Charly waririmbanaga na Nina yaba yarabyaye ariyo ntandaro yo gutandukana kwabo?
— October 16, 2020
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi avuga ko umuhanzi Charly waririmbanaga na Nini mu itsinda Charly na Nina aravuga ko yabyaye.
Umwe mu nshuti za Charly ariko utarashatse ko amazina ye atangazwa yatangarije umunyamakuru wacu ko afite amakuru ko Charly yabyaye ari nayo mpamvu mutakibabona cyane.
Hari amakuru yari amaze iminsi avugwa mu binyamakuru ko iri tsinda ryasenyutse bagatandukana ariko andi makuru akavuga ko byatewe ni uko umwe muri bo ari we Charly yari atwite adashobora kwitabira ibitaramo n’ubwo nta bitaramo byinshi byari bihari kuko ari mu bihe bya corona virusi.
Uwadutangarije amakuru yagize ati “Ahubwo Charly ni umuhanga kuko yabyaye mu gihe kiza cya corona aho nta bitaramo byinshi byari bihari yabonye uko yiyitaho atwite ndetse azonsa umwana we neza akazi kazajya kongera gutangira neza nawe ameze neza akomerezeho”.
Amakuru yandi yavugaga ko impamvu Charly na Nina batandukanye ari uko Charly yasanze umugabo wamuteye inda kuko nta bukwe bwabo kandi umugabo we ko ngo aba hanze bityo itsinda risenyuka gutyo n’ubwo hari n’ababihakanaga ko batatandukanye.Hari n’amakuru yavugaga ko Charly umugabo wamutwaye yabanje kuba umugabo w’umuhanzikazi Asinah nawe wabanje gukundana na Riderman.

Charly


Charly na Nina

Ikinyamakuru Umusingi kimaze kumva ayo makuru cyagerageje gushaka Charly kugirango tumaze amakuru amuvugwaho ariko ntibyadukundira ariko tuzakomeza kugerageza kumushakisha nitumubona ibyo azatubwira tuzabibagezaho.
Mu Rwanda amatsinda akomeje kunanirwa gukorana ku buryo abakunzi ba muzika nyarwanda bibaza ikibazo gituma amatsinda y’abahanzi mu Rwanda asenyuka ariko kugeza n’ubu icyo kibazo ntikirabonerwa igisubizo.
Amatsinda y’abahanzi amaze gusenyuka harimo Dream Boys ,Urban Boys ,Charly na Nina,Just Family ,The brothers n’andi atandukanye.
4,444 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply