Yafashwe na Polisi atambaye agapfukamunwa apfira muri Kasho
— May 22, 2020
Please enter banners and links.

Abaturage bo mu gace ka Kabukunge mu Karere ka Kalungu mu gihugu cya Uganda barasaba Polisi kubasobanurira urupfu rwa mushuti wabo wapfiriye muri Kasho ya Polisi.
Umugabo witwa Abdul Kaweesi w’imyaka 40 wari utuye Kabukunge muri Kalungu yasanzwe muri Kasho ya Polisi ya Kabukunge nyo yo gufatwa na Polisi kuwa gatandatu azira kutubahiriza amabwiriza ya Leta yo kwambara agapfukamunwa mu rwego rwo kwirinda Corona Virusi no kuyikwirakwiza.
Ikinyamakuru cyo muri Uganda Daily Monitor dukesha iyi nkuru kivuga ko umuvandimwe wa nyakwigendera witwa Ahmed Muweesi yavuze ko Abdul Kaweesi yaguye muri Kasho ya Polisi nyuma gukubitwa no kwicwa urubozi (Torture).
Amakuru dufite ni uko Abdul Kaweesi yakubiswe n’Abapolisi yamara kuremba bakamutwara ku bitaro bya Kalungu Health Centre III bakamuha imiti yamara kuyifata bakamusubiza muri Kasho ariho yapfiriye.

IGP Martin Okoth Ochola
Polisi yashyikirije umurambo umuryango ndetse bakaba barashyinguye kuri uyu wa mbere ushize.
Margaret Nantabiro uyu akaba ari Nyirasenge wa nyakwigendera akaba yasabye umukuru wa Polisi ya Uganda Martin Okoth Ochola ko ategeka ko hakorwa iperereza kuko Abdul Kaweesi atiyahuye nkuko abapolisi babivuga.
Byashyizwe mu Kinyarwanda na Muhungu John-Kampala
3,377 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply