Rayon Sports yanyagiye Kalisimbi FC yo muri RDC,Arsenal itsindwa na Chelsea naho Liverpool ikomeza gusatira gutwara igikombe
— December 29, 2019
Please enter banners and links.

Rayon Sports yatsinze Kalisimbi FC yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibitego 4-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri iki Cyumweru.
Arsenal yo mu Bwongereza yamamaza Visit Rwanda nayo kuri iki cyumweru tariki 29 Ukuboza 2019 yatsinzwe na Chelsea ibitego 2 kuri 1.

Mu yindi mikino yabaye ikipe ya Liverpool yakomeje gusatira gutwara igikombe cya Shampiyona iheruka nyuma y’imyaka 30 aho yatsindaga ikipe ya Wolves ikunda kugora amakipe akomeye dore ko iherutse gutsinda Man City ibitego 3 kuri 2,Liverpool ikaba yayitsinze igitego kimwe cyatsinzwe na Sadio Mane.

Ikipe ya Rayon Sports

Ikipe ya Kalisimbi FC

Man City nayo itsinze Sheffield United ibitego 2 ikomeza umwanya wa 3 ariko Liverpool ikaba iyirusha amanota 14 mu gihe irusha iya 2 ariyo Leicester City amanota 13 kandi Liverpool ifite ikirarane bivuze ko n’itsinda ikirarane izarusha iya 2 amanota 16 yose.
Birashoboka ko Liverpool ishobora kuzarusha iya 2 amanota arenga 20 kuko kugeza ubu nta mukino n’umwe iratsindwa mu mikino 19 imaze gukina ndetse ikaba yaranganyije umukino umwe gusa.
Ndayambaje F
3,148 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply