Abaherwe bitwa Kwagalana bateranyije Miliyoni 500 zo gukoresha mu bukwe bwa Rema wari umugore wa Eddy Kenzo
— November 11, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri Uganda ni uko umuhanzikazi witwa Rema Namakula wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo akaba agiye kurongorwa na Dr.Hamza amukuye mu rugo rwa Kenzo bamuteranirije Miliyoni 500 zogukora ubukwe bwe.
Uwitwa Godfrey Kirumira abantu benshi baramuzi muri Kampala kuko niwe muyobozi wa Kwagalana Family akaba yavuze ko amafaranga yo gukora ubukwe bwa Dr.Hamza yose bayabonye ntayandi bakeneye yose hamwe akaba yavuze ko ari Miliyoni 500 kandi ntayandi bakeneye.
Dr.Hamza ugiye kurongora Rema amukuye kwa Kenzo akomoka muri uyu muryango w’abakire wa Kwagalana bityo muri izo Miliyoni 500 bakaba bazaguramo n’imodoka yo guha Rema kubera aje mu muryango ukize bagomba kumwereka ko aho aje ntabibazo bihari.


Dr.Hamza akaba ari umuhungu wa Godfrey Kirumira umuherwe uzwi muri Kampala bikaba bivugwa ko bashaka gukora ubukwe bw’amateka nyuma ya Bobi Wine wakoze ubukwe buhenze cyane kandi bwitashwe n’abantu bakomeye cyane muri Leta ndetse n’ibyamamare.Niba ise wa Dr.Hamza ari umuherwe muri Kampala ni ukuvuga ko abaherwe bagenzi be bagomba kumushyigikira kugirango agire ubukwe bwiza bityo mu nama y’ubukwe ya mbere abayitabiriye bakaba barakusanyije Miliyoni 120,naho inama ya kabiri hakusanywa 160, mu gihe inama ya nyuma habonetse Miliyoni 150 andi akaba ari abantu baandukanye batanze batashoboye kuza mu nama.
Amakuru aturuka ku ruhande rwa Eddy Kenzo bivugwa ko Rema ashobora kuba yarakurikiye amafaranga atakurikiye urukundo.
Noella
4,661 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply