Mbarara abarwayi baryama ku bitanda bitagira matora
— March 9, 2019
Please enter banners and links.

Hari amafoto y’abarwayi arimo gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga nka Facebook y’abarwayi baryamye ku bitanda bitagira matora bikaba bivugwa ko ari Mbarara muri Uganda.
Hari umwe wavuze ngo ni gute umurwayi ahabwa igitanda kitariho matora kandi ari bwishyure amafaranga ye.
Abandi bavuga ko Uganda ari igihugu gikize ariko ruswa ariyo yakishe nyuma yaho mu minsi ishize abanyamakuru ba BBC bafunzwe bazira inkuru bakoraga y’abayobozi bakomeye bagurisha imiti yakabaye yoherezwa mu bitaro ariko ikagurishwa n’abantu muri Leta.
3,788 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply